Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal yatangaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu iterambere ry’ibikorwaremezo bishingiye ku ikoranabuhanga, bityo ko igihugu cye n’ibindi byo ku mugabane wa...
Polisi y’Igihugu yatangaje ko yataye muri yombi umwe mu bari bashinzwe umutekano wo kibuga bazwi nka ‘stewads’, wateze umufana wambukiranyaga ikibuga akikubita hasi mu buryo bwateye benshi kwikanga.
Ku biro by’akagali ka Bihari mu murenge wa Ruhuha aho ni mu karere ka Bugesera, Ubwo hari mu gitondo cyo kucyumweru tariki ya 11 Gicurasi 2025, hasanzwe umugabo bikekwa ko yiyahuye ariko abandi...
Ubuyobozi bwa teritwari ya Fizi, intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwatangaje ko umwuzure wibasiye umudugudu wa Kasaza wishe abarenga 110.
Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo iteganya gukora iperereza ku ngabo z’iki gihugu zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika...
FC Barcelona yanditse urupapuro rushya mu mateka y’umupira w’amaguru nyuma yo gutsinda Real Madrid mu buryo bw’igitangaza, itsinda ibitego 4–3 mu mukino wa shampiyona wagaragayemo ibitego 7, biba...