Mu gihugu cy’u Burundi hakomeje kuvugwa inkuru ya Minisitiri w’Intebe Lt Gen de Police Gervais Ndirakobuca wamenyekanye ku izina ‘Ndakugarika’ wasezerewe muri Polisi y’igihugu.
Denzel Washington wamamaye muri sinema muri Amerika no ku Isi yose, yagaragaye ashyamiranye n’umwe mu bafotozi mu birori bya Festival de Cannes, biri kuba ku nshuro ya 78 mu Bufaransa.
Ambasaderi Jean de Dieu Uwihanganye yashyikirije Umwami wa Brunei Darussalam, Haji Hassanal Bolkiah Mu’izzaddin Waddaulah, impapuro zimwemerera guhagarira u Rwanda muri icyo gihugu.
Visi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abizeza ko bagiye kubakemurira ibibazo byose bafite birimo...
Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika buravugwaho kuba buri gutegura gahunda yo kwimura Abanya-Palestine bagera kuri miliyoni imwe bo muri Gaza, bakajyanwa muri Libya.
Abaturage bo mu Murenge wa Nyarugunga mu Mujyi wa Kigali biyemeje kurushaho kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside no kwigisha abana babo amateka yayo mu guharanira ko Jenoside itazongera kubaho...