skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Nibishaka Théogène wiyita umuhanuzi yongeye gutabwa muri yombi

Nibishaka Théogène wiyita umuhanuzi yongeye gutabwa muri yombi, akurikiranyweho icyaha cyo gutangaza amakuru y’ibihuha n’icyo gukoresha ibikangisho.
20 May 2025 Yasuwe: 1237 0

Perezida Ndayishimiye yasezereye Lt Gen Ndirakobuca muri Polisi y’u Burundi

Mu gihugu cy’u Burundi hakomeje kuvugwa inkuru ya Minisitiri w’Intebe Lt Gen de Police Gervais Ndirakobuca wamenyekanye ku izina ‘Ndakugarika’ wasezerewe muri Polisi y’igihugu.
20 May 2025 Yasuwe: 794 0

Johnny Drille yamenye agaciro k’ababyeyi amaze kubyara

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria, John Ighodaro, uzwi cyane ku izina rya Johnny Drille, yatangaje ibijyanye no kuba umubyeyi.
20 May 2025 Yasuwe: 400 0

Kicukiro: Yafatanywe udupfunyika 207 tw’urumogi

Haragirimana Jean Claude w’imyaka 29 yafatiwe mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro mu Mujyi wa Kigali,afite udupfunyika 207 tw’urumogi.
20 May 2025 Yasuwe: 267 0

Denzel Washington yashyamiranye n’umufotozi muri ‘Festival de Cannes’

Denzel Washington wamamaye muri sinema muri Amerika no ku Isi yose, yagaragaye ashyamiranye n’umwe mu bafotozi mu birori bya Festival de Cannes, biri kuba ku nshuro ya 78 mu Bufaransa.
20 May 2025 Yasuwe: 176 0

Abanyeshuri biga siyansi bongewe mu bari gukora ibizamini ngiro bisoza amashuri yisumbuye

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo cy’Ubugenzuzi bw’Amashuri n’Ibizamini, NESA, yatangije ibizamini ngiro (pratique) bisoza umwaka w’amashuri wa 2024/2025, hiyongeyemo n’iby’abasanzwe biga...
20 May 2025 Yasuwe: 204 0

Amb. Uwihanganye yatanze impapuro zo guhagararira u Rwanda muri Brunei

Ambasaderi Jean de Dieu Uwihanganye yashyikirije Umwami wa Brunei Darussalam, Haji Hassanal Bolkiah Mu’izzaddin Waddaulah, impapuro zimwemerera guhagarira u Rwanda muri icyo gihugu.
18 May 2025 Yasuwe: 692 0

Afurika y’Epfo yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo kwimukira muri Amerika

Visi Perezida wa Afurika y’Epfo, Paul Mashatile, yasabye abahinzi b’abazungu kuzibukira ibyo kwimukira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abizeza ko bagiye kubakemurira ibibazo byose bafite birimo...
18 May 2025 Yasuwe: 775 0

Amerika yashinjwe umugambi wo kwimurira Abanya-Palestine muri Libya

Ubuyobozi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika buravugwaho kuba buri gutegura gahunda yo kwimura Abanya-Palestine bagera kuri miliyoni imwe bo muri Gaza, bakajyanwa muri Libya.
18 May 2025 Yasuwe: 460 0

Impamba abaturage 500 bo mu Mujyi wa Kigali bakuye ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Bisesero

Abaturage bo mu Murenge wa Nyarugunga mu Mujyi wa Kigali biyemeje kurushaho kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside no kwigisha abana babo amateka yayo mu guharanira ko Jenoside itazongera kubaho...
18 May 2025 Yasuwe: 324 0