skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Goma: M23 yafatiye mu mukwabu abarimo FDLR n’imbunda

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatandatu wakoze umukwabu mu mujyi wa Goma, uwufatiramo amabandi abarirwa muri 30, imbunda 10 na chargeurs zazo.
10 May 2025 Yasuwe: 931 0

U Buhinde na Pakistan byemeranyije agahenge mu ntambara bihanganyemo

Bibifashijwemo na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Buhinde na Pakistan byemeranyije gushyiraho agahenge mu ntambara ibihanganishije yongeye gututumba mu minsi itatu ishize.
10 May 2025 Yasuwe: 374 0

Tanzania: Zabyaye amahari, abayobozi bakuru 13 muri Chadema baregura

Itsinda ry’abayobozi bakuru mu Ishyaka ritavuga n’ubutegetsi rya Chadema beguye ku myanya yabo kubera ubwumvikane buke n’ibyo bita imiyoborere y’ishyaka inyuranyije n’amabwiriza shingiro yaryo.
10 May 2025 Yasuwe: 534 0

Impamvu muzi y’ifungwa rya Grace Room Ministries

Buri wa Kabiri na buri wa Kane guhera Saa kumi n’imwe z’umugoroba, abantu baba ari urujya n’uruza berekeje i Nyarutarama ahakorera Grace Room Ministries bagiye gusenga. Ku Cyumweru nabwo byaba ari...
10 May 2025 Yasuwe: 1652 0

Intambara y’u Buhinde na Pakistan yafashe indi ntera

Nyuma y’iminsi mike u Buhinde butangije kuri Pakistan ibikorwa bya gisirikare bwise “Operation Sindoor”, intambara hagati y’ingabo z’ibihugu byombi ikomeje gufata indi ntera.
10 May 2025 Yasuwe: 766 0

Lubero: Abantu batanu baguye mu gitero cyagabwe na ADF

Igitero Umutwe w’iterabwoba wa ADF wagabye muri teretwari ya Lubero muri Kivu y’Amajyarugu mu gace ka Bapere, byahitanye abantu batanu byongeye gutuma abaturage bamwe bakwira imishwaro.
10 May 2025 Yasuwe: 268 0

Amakipe akina Igikombe cy’Isi cy’Abagore agiye kongerwaho 16

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA), ryatangaje ko kuva mu 2031, umubare w’amakipe akina irushanwa ry’Igikombe cy’Isi cy’Abagore ugomba kuva kuri 32 ukagera kuri 48.
10 May 2025 Yasuwe: 210 0

Bobi Wine ugiye kwiyamamariza kuba Perezida, yashinje amahanga gusonga Uganda

Umunya-Uganda utavuga rumwe n’ubutegetsi, Robert Kyagulanyi (Bobi Wine), yashimangiye ko na we ari mu baziyamamariza kuyobora Uganda mu matora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2026, ashinja abo...
10 May 2025 Yasuwe: 646 0

Huye: Umukobwa w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho guta umwana we mu musarane

Umukobwa w’imyaka 20 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda akekwaho urupfu rw’umwana we w’imyaka ibiri yataye mu musarane wa metero 20, bagerageza kumutabara bagasanga yapfuye.
10 May 2025 Yasuwe: 1278 0

BAL 2025: Minisitiri Mukazayire yijeje APR BBC ubufasha busesuye

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayise, yijeje abakinnyi ba APR BBC ubufasha busesuye mu mukino y’irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) iteganyijwe kubera muri BK Arena kuva tariki ya 17...
10 May 2025 Yasuwe: 549 0