Umusore w’imyaka 22 wo mu Karere ka Rutsiro yishe Se umubyara amukubise umuhembezo mu mutwe, agerageza guhita atoroka afatirwa mu Mujyi wa Kigali ahazwi nka Nyabugogo.
Urukiko rwo muri Mauritania ku wa 13 Gicurasi 2025 rwongereye igifungo cyakatiwe Mohamed Ould Abdel Aziz wayoboye iki gihugu, kigera ku myaka 15 nyuma yo kuburana ubujurire.
Abakinnyi batatu ba Liverpool iheruka kwegukana Igikombe cya Premier League, ari bo Virgil van Dijk, Mohamed Salah na Ryan Gravenberch bashyizwe mu munani bazatorwamo umukinnyi w’umwaka mu Cyiciro...
Mu Kagari ka Nyanza ko mu Murenge wa Gatenga,Akarere ka Kicukiro, Hagaragaye umurambo w’umusore w’imyaka 37 witwa Niyonsaba Janvier bikekwa ko yahiciwe.