skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Gen Julio dos Santos yaganiriye n’uyoboye abasirikare b’u Rwanda muri Cabo Delgado

Umugaba Mukuru w’ingabo za Mozambique, Gen Julio dos Santos Jane yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi ingabo z’u Rwanda ziri muri Cabo Delgado azishimira akazi zikora.
10 May 2025 Yasuwe: 606 0

Ish Kevin ashobora kuzitabira amarushanwa mpuzamahanga ya Rally

Umuhanzi Ish Kevin yatangaje ko ateganya kuzitabira amarushanwa mpuzamahanga y’amasiganwa y’imodoka (Rally), mu rwego rwo kuzamura impano ye kuko abifata nk’umurage w’umuryango we.
10 May 2025 Yasuwe: 216 0

FDNB irigamba kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe urwanya Leta y’u Rwanda

Igisirikare cy’u Burundi (FDNB), cyemeje ko giheruka kwica inyeshyamba zirenga 100 zo mu mutwe wa MRCD/FLN urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda.
10 May 2025 Yasuwe: 1354 0

Ibrahim Traore yitabiriye ibirori byo kwizihiza imyaka 80, Uburusiya butsinze intambara ya 2 y’isi

Kuri uyu wa 9 Gicurasi 2025, mu mbuga nini yo mu mujyi wa Moscow mu Burusiya hari kuba ibirori byo kwizihiza umunsi ingabo za Leta Zunze Ubumwe z’Abasoviyete zatsinze iz’Abanazi mu Ntambara ya...
9 May 2025 Yasuwe: 1872 0

RDC: Nicolas Kazadi wari Minisitiri w’Imari yatawe muri yombi

Uwahoze ari Minisitiri w’imari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, yaraye afatiwe mu mujyi wa Mbuji-Mayi, umurwa mukuru w’intara ya Kasai Oriental. Icyo gikorwa cyakozwe mu...
9 May 2025 Yasuwe: 1350 0

Kayonza: Abarimu basiba akazi basabiwe gukanirwa urubakwiye

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko ikibazo cy’abarimu basiba akazi ari kimwe mu bituma hari ibigo bidatsindisha neza, bagasaba ko abo barimu n’ababyeyi...
9 May 2025 Yasuwe: 444 0

Tanzania yasabwe gufungura utavuga rumwe na Perezida Suluhu no gukuraho igihano cy’urupfu

Abadepite b’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bamaganye ifungwa ry’umunyapolitiki Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania.
9 May 2025 Yasuwe: 377 0

USA: Impunzi y’Umukongomani yishwe irashwe

Urukiko rwo muri leta ya Michigan rwaciye urubanza rwaranzwe n’impaka ku mupolisi ushinjwa kwica impunzi y’umukongomani, Patrick Lyoya amurasiye mu mujyi wa Grand Rapids ubwo yari ahagaritswe na...
9 May 2025 Yasuwe: 1047 0

U Bushinwa bwagerageje Gari ya moshi ishobora kuva i Kigali ikagera i Rusizi mu minota 28

U Bushinwa bwakoze igerageza rya gari ya moshi ishobora kugendera ku muvuduko wa kilomero 450 ku isaha, bivuze ko urugendo rwo kuva i Kigali ugera i Rusizi yarukora mu minota 28.
9 May 2025 Yasuwe: 864 0

M23 yasatiriye Umujyi wa Uvira

Umutwe wa M23 watangiye gusatira Umujyi wa Uvira wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ibica amarenga y’uko ushobora kuwigarurira.
9 May 2025 Yasuwe: 1822 0