Ikipe ya APR Basketball Club igiye guhagararira u Rwanda mu irushanwa rikomeye rya Basketball Africa League (BAL) 2025, yamaze gutangira umwiherero mu rwego rwo kwitegura neza amarushanwa ategerejwe
Abagize Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya bagaragaje ko batumva uburyo abajyanama ba Perezida William Ruto bahembwa miliyoni 1 y’Amashilingi (arenga miliyoni 11 Frw).
Umutwe wa Kisilamu wa Islamic State West Africa Province (ISWAP) wemeye ko ari wo wagabye igitero gikomeye ku kigo cya gisirikare cya Nigeria giherereye i Marte, muri Leta ya Borno.
Perezida wa Iran Masoud Pezeshkian, yatangaje ko igihugu cye kitazunamira umuntu uwo ari we wese mu rwego rwo gusubiza ibyo Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump aherutse kuvuga.
Umufaransa ukinira Real Madrid yo muri Espagne, Kylian Mbappé, yakoze amateka yo kuba umukinnyi wa mbere ukomoka mu Bufaransa utsindiye iyi kipe ibitego biri hejuru ya 20 ku mwaka we wa mbere muri...
Burya koko nta heza nk’iwanyu, Abanya-Ukraine bahungiye muri Pologne barataka guhohoterwa ndetse no gufatwa nabi muri iki gihugu bazira gusa ko ari impunzi.
Abadipolomate bahagarariye Ubwami bw’u Bwongereza (UK), u Budage na Suwede bavuze imyato Gahunda ya Vision 2020 Umurenge Program (VUP) nyuma yo kwihera uburyo yafashije abaturage kwikura mu bukene.