Binyuze mu masezerano yo kugabanya imisoro bagiranye ku wa 12 Gicurasi 2025, ibihugu bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’u Bushinwa, byiyemeje kugabanya imisoro biheruka gutumbagiza mu rwego rwo...
Perezida Bassirou Diomaye Faye wa Sénégal yatangaje ko u Rwanda ari icyitegererezo cye mu iterambere ry’ibikorwaremezo bishingiye ku ikoranabuhanga, bityo ko igihugu cye n’ibindi byo ku mugabane wa...
Polisi y’Igihugu yatangaje ko yataye muri yombi umwe mu bari bashinzwe umutekano wo kibuga bazwi nka ‘stewads’, wateze umufana wambukiranyaga ikibuga akikubita hasi mu buryo bwateye benshi kwikanga.
Ku biro by’akagali ka Bihari mu murenge wa Ruhuha aho ni mu karere ka Bugesera, Ubwo hari mu gitondo cyo kucyumweru tariki ya 11 Gicurasi 2025, hasanzwe umugabo bikekwa ko yiyahuye ariko abandi...