Ubuyobozi bwa teritwari ya Fizi, intara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwatangaje ko umwuzure wibasiye umudugudu wa Kasaza wishe abarenga 110.
Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo iteganya gukora iperereza ku ngabo z’iki gihugu zoherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika...
FC Barcelona yanditse urupapuro rushya mu mateka y’umupira w’amaguru nyuma yo gutsinda Real Madrid mu buryo bw’igitangaza, itsinda ibitego 4–3 mu mukino wa shampiyona wagaragayemo ibitego 7, biba...
Pasiteri Dr. Antoine Rutayisire yagaragaje ko ibibazo biri mu miryango myinshi mu Rwanda, bikwiye kubazwa inzego zitandukanye zirimo aho abantu bakomoka, ishuri, amadini ndetse n’igihugu, kuko...
Guverinoma y’u Rwanda yifatanyije n’Abakirisitu ba Kiliziya Gatolika muri Misa yo gushimira Imana yabahaye Umushumba mushya wa Kiliziya Papa Leo XIV, imwifuriza ihirwe mu mirimo mishya ndetse...