skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

RDC: Nicolas Kazadi wari Minisitiri w’Imari yatawe muri yombi

Uwahoze ari Minisitiri w’imari muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi, yaraye afatiwe mu mujyi wa Mbuji-Mayi, umurwa mukuru w’intara ya Kasai Oriental. Icyo gikorwa cyakozwe mu...
9 May 2025 Yasuwe: 1351 0

Kayonza: Abarimu basiba akazi basabiwe gukanirwa urubakwiye

Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri byo mu Karere ka Kayonza, bavuga ko ikibazo cy’abarimu basiba akazi ari kimwe mu bituma hari ibigo bidatsindisha neza, bagasaba ko abo barimu n’ababyeyi...
9 May 2025 Yasuwe: 445 0

Tanzania yasabwe gufungura utavuga rumwe na Perezida Suluhu no gukuraho igihano cy’urupfu

Abadepite b’Inteko Ishinga Amategeko y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bamaganye ifungwa ry’umunyapolitiki Tundu Lissu utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania.
9 May 2025 Yasuwe: 378 0

USA: Impunzi y’Umukongomani yishwe irashwe

Urukiko rwo muri leta ya Michigan rwaciye urubanza rwaranzwe n’impaka ku mupolisi ushinjwa kwica impunzi y’umukongomani, Patrick Lyoya amurasiye mu mujyi wa Grand Rapids ubwo yari ahagaritswe na...
9 May 2025 Yasuwe: 1048 0

U Bushinwa bwagerageje Gari ya moshi ishobora kuva i Kigali ikagera i Rusizi mu minota 28

U Bushinwa bwakoze igerageza rya gari ya moshi ishobora kugendera ku muvuduko wa kilomero 450 ku isaha, bivuze ko urugendo rwo kuva i Kigali ugera i Rusizi yarukora mu minota 28.
9 May 2025 Yasuwe: 866 0

M23 yasatiriye Umujyi wa Uvira

Umutwe wa M23 watangiye gusatira Umujyi wa Uvira wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ibica amarenga y’uko ushobora kuwigarurira.
9 May 2025 Yasuwe: 1823 0

Huye: Umugore akurikiranyweho kwica umugabo we amukubise umuhini mu mutwe

Mu Karere ka Huye, Umugore akurikiranyweho icyaha cyo kwica umugabo we amukubise umuhini mu mutwe, nyuma y’uko ngo uyu mugabo amennye ifu ubwo yari amusanze asekura imyumbati
9 May 2025 Yasuwe: 760 0

Umunyarwandakazi yiyemeje gukina filime asambana

Umukinnyi wa filime w’Umunyarwandakazi, Natacha Ndahiro yavuze ko adafite ikibazo na gito cyo gukina filime irimo imibonano mpuzabitsina, igihe byaba bifite icyo bimumarira mu rugendo rwe rwa sinema.
9 May 2025 Yasuwe: 30066 0

Musanze: Gitifu w’umurenge yahutajwe n’abaturage

Abaturage bo mu murenge wa Shingiro ho mu karere ka Musanze, kuri uyu wa Kane bahutaje umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge.
9 May 2025 Yasuwe: 1440 0

Ambasaderi Festus Bizimana yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Sénégal

Ambasaderi w’u Rwanda muri Sénégal, Festus Bizimana, yatanze inyandiko zimuhesha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri iki gihugu kuri Perezida Bassirou Diomaye Diakhar Faye. Ni umuhango...
9 May 2025 Yasuwe: 185 0