skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ibindi bikoresho bya SAMIDRC byacyuwe binyujijwe mu Rwanda

Amakamyo atwaye ibikoresho by’ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), yanyuze mu Rwanda kuri uyu wa 8...
8 May 2025 Yasuwe: 449 0

Polisi y’u Rwanda yasubije uwayisabye kumujyana i Wawa

Polisi y’u Rwanda, yasubije uwayandikiye ku rubuga rwa X, asaba kujyanwa i Wawa kuko ngo hanze aha ubuzima butoroshye.
8 May 2025 Yasuwe: 916 0

Perezida wa Maldives yamaze amasaha 15 mu kiganiro n’abanyamakuru

Perezida w’Ibirwa bya Maldives, Mohamed Muizzu, yashyizeho agahigo ko kuganira n’abanyamakuru amasaha 14 n’iminota 54.
8 May 2025 Yasuwe: 367 0

Abagore b’i Rwamagana batangiye kuzibukira ka manyinya: Umusaruro w’irondo rya ba mutima w’urugo

Abagore bo mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, bishyiriyeho irondo rikorwa na bo gusa, rigamije gukangurira bagenzi babo batita ku miryango yabo, gutaha kare bakaganiriza abana aho...
8 May 2025 Yasuwe: 441 0

Dabijou yahamije urukundo rwe n’umukire wo muri Kenya

Umuhanzikazi akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Bijou Dabijou, yahamije ko ari mu rukundo n’umuherwe wo muri Kenya Jimal Rohasafi, ndetse avuga n’imishinga mishya afite mu muziki.
8 May 2025 Yasuwe: 904 0

Meteo Rwanda yateguje imvura iri hejuru y’isanzwe igwa muri Gicurasi

Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyateguje Abaturarwanda ko mu kwezi kwa Gicurasi 2025 hazagwa imvura iri hejuru gato y’iyari isanzwe igwa muri uko kwezi.
8 May 2025 Yasuwe: 553 0

Tshisekedi yakiriye intumwa y’umuhuza Perezida Gnassingbé

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 7 Gicurasi, mu ngoro ye izwi nka Cité de l’Union africaine, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriye Minisitiri...
8 May 2025 Yasuwe: 397 0

Shenseea azahurira ku rubyiniro na Wizkid i Los Angeles

Umuhanzikazi w’Umunya-Jamiaca Shenseea ari ku rutonde rw’abahanzi bazafatanya na Wizkid mu gitaramo afite i Los Angeles mu kwezi gutaha, kikaba kimwe mu bitaramo bye bizenguruka Isi.
8 May 2025 Yasuwe: 329 0

U Burusiya bwigambye guhanura drones 500 za Ukraine

Leta y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zayo zahanuye drones zirenga 500 ingabo za Ukraine zifashishije mu bitero bitandukanye, zishwanyaguza na missile z’ubwoko butandukanye.
8 May 2025 Yasuwe: 293 0

Perezida Kagame yakurikiye umukino wa Arsenal na Paris Saint-Germain

Perezida Kagame wagiriye uruzinduko mu Bufaransa, yakurikiye umukino wo kwishyura wa ½ cya UEFA Champions League, wahuje Arsenal na Paris Saint-Germain.
8 May 2025 Yasuwe: 562 0