Amakamyo atwaye ibikoresho by’ingabo zari mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (SAMIDRC), yanyuze mu Rwanda kuri uyu wa 8...
Abagore bo mu Murenge wa Mwulire mu Karere ka Rwamagana, bishyiriyeho irondo rikorwa na bo gusa, rigamije gukangurira bagenzi babo batita ku miryango yabo, gutaha kare bakaganiriza abana aho...
Umuhanzikazi akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Bijou Dabijou, yahamije ko ari mu rukundo n’umuherwe wo muri Kenya Jimal Rohasafi, ndetse avuga n’imishinga mishya afite mu muziki.
Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, Meteo Rwanda, cyateguje Abaturarwanda ko mu kwezi kwa Gicurasi 2025 hazagwa imvura iri hejuru gato y’iyari isanzwe igwa muri uko kwezi.
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 7 Gicurasi, mu ngoro ye izwi nka Cité de l’Union africaine, Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriye Minisitiri...
Umuhanzikazi w’Umunya-Jamiaca Shenseea ari ku rutonde rw’abahanzi bazafatanya na Wizkid mu gitaramo afite i Los Angeles mu kwezi gutaha, kikaba kimwe mu bitaramo bye bizenguruka Isi.
Leta y’u Burusiya yatangaje ko ingabo zayo zahanuye drones zirenga 500 ingabo za Ukraine zifashishije mu bitero bitandukanye, zishwanyaguza na missile z’ubwoko butandukanye.
Perezida Kagame wagiriye uruzinduko mu Bufaransa, yakurikiye umukino wo kwishyura wa ½ cya UEFA Champions League, wahuje Arsenal na Paris Saint-Germain.