skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Ihuriro FCC ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Kabila

Ihuriro FCC ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Joseph Kabila mu butabera.
4 May 2025 Yasuwe: 391 0

Ross Kana yasezeye muri 1:55AM

Ross Kana wari umwe mu bahanzi babarizwaga muri 1:55 AM Ltd yamaze kwandika urwandiko ruyisezeramo abashinja kutubahiriza amasezerano y’ibyo bumvikanye kuva yageramo ku wa 1 Ukuboza 2023.
4 May 2025 Yasuwe: 242 0

Polisi y’u Rwanda yegukanye igikombe cya Handball mu mikino ya EAPCCO

Ikipe ya Polisi y’u Rwanda yegukanye igikombe cya Handball mu mikino ya EAPCCO yari imaze icyumweru ibera muri Ethiopia
4 May 2025 Yasuwe: 182 0

Amerika yemeje ubufasha burimo indege z’intambara za F-16 kuri Ukraine

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ubufasha bw’arenga miliyoni 310,5$ yo gufasha mu gusana indege za F-16 zikoreshwa na Ukraine zatanzwe na bimwe mu bihugu by’u Burayi.
3 May 2025 Yasuwe: 534 0

Amerika ishobora gufatira u Burusiya ibindi bihano

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwiga ku mushinga wo kongera ibihano by’ubukungu byafatiwe u Burusiya, mu rwego rwo guhatira icyo gihugu kwemera guhagarika intambara gihanganyemo na Ukraine.
3 May 2025 Yasuwe: 408 0

Tiwa Savage arashinja abagabo ubugwari mu rukundo

Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Tiwa Savage yatangaje amagambo yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutanga igitekerezo cye ku bagabo b’Abanya-Nijeriya mu kiganiro...
3 May 2025 Yasuwe: 1058 0

Amategeko ya FERWAFA yahinduwe nyuma yo kutayumvikanaho

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryavuguruye amategeko agomba kwemezwa n’abanyamuryango kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 3 Gicurasi 2025, nyuma y’uko hari abagaragaje ko ayari...
3 May 2025 Yasuwe: 728 0

Macron yashinjwe kwivanga mu itorwa rya Papa mushya

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bikomeje kuvugwa ko ari kugerageza gushaka kugira uruhare mu itorwa rya Papa mushya, aho ashaka ko Umu-Cardinal w’Umufaransa ariwe wazatorwa.
3 May 2025 Yasuwe: 970 0

Cardinal Ambongo mu 10 bahabwa amahirwe yo gutorwamo Papa mushya

Umushumba wa Diyosezi ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Flidorin Ambongo ari muri ba Karidinali 10 bahabwa amahirwe yo kuvamo Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika...
3 May 2025 Yasuwe: 1565 0

Abasirikare ba FARDC M23 yatsindiye i Goma bageze i Kinshasa

Abasirikare ba mbere bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari baraheze mu mujyi wa Goma nyuma yo kuwutsindirwamo na M23, bamaze kugera i Kinshasa.
3 May 2025 Yasuwe: 1287 0