skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Burundi: Abagenzi bahejejwe ku mupaka kubera pasiporo ziriho kashe ya M23

Abanyagihugu benshi bo mu Burundi bamaze iminsi baraheze ku mupaka wa Kobero, mu Ntara ya Muyinga (mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Burundi), hagati y’u Burundi na Tanzaniya, nyuma yo kwamburwa...
7 May 2025 Yasuwe: 1710 0

Uganda: Amatora yasubitswe nyuma y’uko Abanya-Kenya bambutse bakajya gutora

Ibikorwa by’amatora mu bice bimwe na bimwe bya Uganda byahagaritswe ny’uma y’uko Abanya-Kenya bambutse imipaka bakajya gutora mu gihugu cy’abaturanyi babo, bigateza imvururu mu baturage.
7 May 2025 Yasuwe: 530 0

Shaddy Boo yasubije Mutesi Scovia ku magambo yamuvugaho

Kimenyabose ku mbuga nkoranyambaga akaba n’umubyeyi w’abana babiri, Mbabazi Shadia uzwi cyane nka Shaddy Boo, yatangaje ko atishimiye amagambo yatangajwe n’umunyamakuru Mutesi Scovia amuvugaho mu...
7 May 2025 Yasuwe: 2543 0

Sudani yacanye umubano na UAE

Ku wa Kabiri, itariki ya 6 Gicurasi, Sudani yahagaritse umubano w’ububanyi n’amahanga na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, nyuma yo gushinja UAE kuba yarahaye ingabo za Rapid Support Forces indege...
7 May 2025 Yasuwe: 310 0

Mohamed Sarah yagarutse mu mubare wabahatanira Ballon D’Or

Nyuma yo gutsindwa kwa FC Barcelona, bisa nibyongeye kugarura Mohamed Sarah mu rugamba rwo guhatanira Ballon D’Or.
7 May 2025 Yasuwe: 391 0

Giants of Africa 2025: The Ben, Kevin Kade, Sherrie Silver na Boukuru mu bazatarama

Ku nshuro ya kabiri iserukiramuco rya Giants of Africa rigiye kongera kubera i Kigali, aho abahanzi b’ibyamamare muri Afurika nka Timaya, Kizz Dizz Daniel n’abandi bo mu Rwanda nka The Ben na Kevin...
7 May 2025 Yasuwe: 683 0

Imigenzo yo gutora Papa Mushya iratangira, dore uko atorwa

Abayobozi b’Itorero Gatolika baturutse impande zose z’isi bateraniye i Vatikani gutangira inama y’ibanga izwi nka konklave, ari yo nzira y’ibanga ibamo gutoranya papa mushya.
7 May 2025 Yasuwe: 699 0

Ubuhinde bwatangije ’Operation Sindoor’, buhana umuriro mwinshi na Pakisitani

Pakisitani ivuga ko abantu 26 bishwe, 46 bakomereka mu bitero, mu gihe Ubuhinde buvuga ko umunani baguye mu bitero byo kwihorera.
7 May 2025 Yasuwe: 373 0

Uganda: Umuhungu w’umuherwe Sudhir Ruparelia, yasezeweho bwa nyuma

Uyu munsi, umuryango, inshuti, n’abayobozi batandukanye bahuriye ku irimbi ry’Abahindu rya Lugogo bagiye gusezera bwa nyuma kuri Rajiv Ruparelia, umuhungu w’umuherwe Sudhir Ruparelia akaba...
7 May 2025 Yasuwe: 480 0

Lewandowski yahaye ubutumwa bukomeye abakunzi ba FC Barcelona baraye mu gahinda

Rutahizamu wa FC Barcelona, Robert Lewandowski, yahaye ubutumwa bw’ihumure abakunzi ba FC Barcelona bararanye agahinda.
7 May 2025 Yasuwe: 498 0