Umuyobozi mushya w’inzibacyuho wa Syria, Ahmed al-Sharaa, agiye kugirira uruzinduko rwa mbere ku Mugabane w’u Burayi, aho azahura na Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macro, ku wa 7 Gicurasi 2025.
Inter Milan yatsinze FC Barcelone ibitego 4-3 mu mukino wo kwishyura wa 1/2 cya UEFA Champions League, ibona itike yo gukina umukino wa nyuma ku giteranyo cy’ibitego 7-6.
Kuri uyu wa Kabiri tariki ya 6 Gicurasi 2025, umutwe w’ingabo zidasanzwe, (RSF) wagabye ibitero bikomeye hafi y’Ibiro bya Perezida, Abdel Fattah al-Burhan mu mujyi wa Port Sudan, usanzwe ugenzurwa...
Imirwano yubuye hagati y’inyeshyamba za Wazalendo n’abarwanyi ba M23 muri Teritwari za Uvira na Walungu zo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Abagenzi 32 bari bateze indege ya sosiyete y’ubwikorezi bwo mu kirere ya Air Tanzania ibajyanye mu Bushinwa basizwe ku kibuga cy’indege cya Baiyun International Airport mu Mujyi wa Guangzhou nyuma...
Leta y’u Buhinde yategetse ko muri bice bimwe bigize igihugu hatangizwa imyitozo yo kwirindira umutekano igamije gutegura abaturage uko bakwitwara mu gihe cy’ibitero by’intambara.