skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amerika ishobora gufatira u Burusiya ibindi bihano

Leta Zunze Ubumwe za Amerika iri kwiga ku mushinga wo kongera ibihano by’ubukungu byafatiwe u Burusiya, mu rwego rwo guhatira icyo gihugu kwemera guhagarika intambara gihanganyemo na Ukraine.
3 May 2025 Yasuwe: 408 0

Tiwa Savage arashinja abagabo ubugwari mu rukundo

Umuhanzikazi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats, Tiwa Savage yatangaje amagambo yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gutanga igitekerezo cye ku bagabo b’Abanya-Nijeriya mu kiganiro...
3 May 2025 Yasuwe: 1058 0

Amategeko ya FERWAFA yahinduwe nyuma yo kutayumvikanaho

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryavuguruye amategeko agomba kwemezwa n’abanyamuryango kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 3 Gicurasi 2025, nyuma y’uko hari abagaragaje ko ayari...
3 May 2025 Yasuwe: 728 0

Macron yashinjwe kwivanga mu itorwa rya Papa mushya

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, bikomeje kuvugwa ko ari kugerageza gushaka kugira uruhare mu itorwa rya Papa mushya, aho ashaka ko Umu-Cardinal w’Umufaransa ariwe wazatorwa.
3 May 2025 Yasuwe: 970 0

Cardinal Ambongo mu 10 bahabwa amahirwe yo gutorwamo Papa mushya

Umushumba wa Diyosezi ya Kinshasa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Cardinal Flidorin Ambongo ari muri ba Karidinali 10 bahabwa amahirwe yo kuvamo Umushumba mushya wa Kiliziya Gatolika...
3 May 2025 Yasuwe: 1565 0

Abasirikare ba FARDC M23 yatsindiye i Goma bageze i Kinshasa

Abasirikare ba mbere bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bari baraheze mu mujyi wa Goma nyuma yo kuwutsindirwamo na M23, bamaze kugera i Kinshasa.
3 May 2025 Yasuwe: 1294 0

Perezida Kagame yakiriye Gén. Doumbouya mu rwuri rwe (Amafoto)

Perezida Paul Kagame ku wa Gatanu tariki ya 3 Gicurasi, yakiriye mu rwuri rwe ruherereye i Kibugabuga ho mu karere ka Bugesera Perezida w’inzibacyuho wa Guinée-Conakry, Général de Brigade Mamadou...
3 May 2025 Yasuwe: 1695 0

Mr Eazi mu biganiro by’imikoranire na RDB

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria akaba n’Umushoramari, Oluwatosin Oluwole Ajibade wamamaye nka Mr Eazi usanzwe ari Umuyobozi Mukuru wa Choplife Gaming Ltd, mu biganiro by’imikoranire n’Urwego rw’Igihugu...
3 May 2025 Yasuwe: 251 0

Trump ageze mu ntasi za Amerika mu kwirukana abakozi

Ubutegetsi bwa Trump burateganya kugabanya abakozi bakora mu Rwego rw’Igihugu rw’Iperereza, CIA, no mu zindi nzego z’ubutasi muri gahunda ikomeje y’amavugurura muri guverinoma.
3 May 2025 Yasuwe: 309 0

Miliyoni 12 Frw zikoreshwa mu kugaburira abagororwa buri munsi

Minisiteri y’Ubutabera (MINIJUST) ihangayikishijwe n’ubucucike n’ubwiyongere bw’abagororwa bagana amagororero; bunatuma n’ikiguzi cy’ibibagendaho kizamuka, aho ku munsi hakoreshwa miliyoni 12 Frw...
3 May 2025 Yasuwe: 407 0