skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Benin: Umutwe ufitanye isano na Al Qaeda urigamba kwica abasirikare 70

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, umutwe wa JNIM ukorana na Al Qaeda wavuze ko wahitanye abasirikare 70 mu bitero byagabwe ku birindiro bibiri bya gisirikare mu majyaruguru ya Bénin.
21 April 2025 Yasuwe: 300 0

Abasirikare 12 b’u Burundi barohamye muri Tanganyika

Abasirikare 12 bo mu ngabo z’u Burundi, mu mpera z’icyumweru gishize barohamye mu kiyaga cya Tanganyika nyuma yo gukora impanuka y’ubwato.
21 April 2025 Yasuwe: 678 0

Goma: Umuhanzi Bwiza yatunguwe n’ibyo M23 yahakoze

Umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi, Bwiza Emerance uri mu bahanzi bakunzwe cyane muri iki gihe, yagaragaje ko yatunguwe n’umutekano n’isuku yasanze mu Mujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu...
21 April 2025 Yasuwe: 702 0

U Burusiya bwashinje Ukraine kutubahiriza agahenge kashyizweho kuri Pasika

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yatangaje ko ingabo za Ukraine zanze kubahiriza amasezerano y’agahenge ka Pasika, zikarasa ibisasu bya HIMARS byakozwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
21 April 2025 Yasuwe: 175 0

Rwamagana: Hibutswe abana n’abagore barenga 1080 biciwe i Sovu

Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, yanenze Interahamwe zishe abagore n’abana, zikabicana ubugome bukabije burimo no kubanza kubafata kungufu, asaba abakiri bato...
21 April 2025 Yasuwe: 135 0

Amerika na Ukraine mu nzira yo gusinya amasezerano yo kubyaza umusaruro umutungo kamere

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Ukraine biri mu nzira yo gushyira umukono ku masezerano azafasha Amerika kubyaza umusaruro amabuye y’agaciro, peteroli na gas byo muri Ukraine.
19 April 2025 Yasuwe: 202 0

Nigeria: Intambara y’abahinzi n’aborozi yaguyemo 17

Polisi yo muri Nigeria yatangaje ko abantu 17 bapfiriye mu gitero cyagabwe n’aborozi rwagati muri leta ya Benue, bituma intambara hagati y’abahinzi n’aborozi irushaho gukaza umurego.
19 April 2025 Yasuwe: 299 0

U Rwanda rwakiriye Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal

Biciye mu Itsinda ry’Abafana ba Arsenal, RAFC mu Rwanda, (Rwanda Arsenal Fans Community), u Rwanda rwakiriye Iserukiramuco rihuza abakubutse ku Mugabane wa Afurika.
19 April 2025 Yasuwe: 474 0

Abakozi b’Ibitaro bya Nyanza n’ubuyobozi ntibahuza ku mafaranga yanyerejwe

Bamwe mu bakozi bo mu bitaro bya Nyanza basabwe kwishyura amafaranga y’agahimbazamushyi arenga militoni 20Frw, babwirwa ko ari umusoro witwa PBF . Bo bavuga ko amakosa yakozwe n’ushinzwe abakozi...
19 April 2025 Yasuwe: 749 0

Menya byinshi ku wa “Gatanu Mutagatifu” umunsi Abakirisitu bibuka urupfu rwa Yesu ku musaraba

Kuri uyu wa Gatanu, hirya no hino ku isi abakirisitu bizihiza uwa “Gatanu Mutagatifu” umunsi wibukwa nk’igihe Yesu Kristo, Umucunguzi w’abakirisitu yapfiriye ku musaraba kugira ngo akize abantu...
19 April 2025 Yasuwe: 1709 0