Kuri uyu wa Gatandatu ushize, umutwe wa JNIM ukorana na Al Qaeda wavuze ko wahitanye abasirikare 70 mu bitero byagabwe ku birindiro bibiri bya gisirikare mu majyaruguru ya Bénin.
Umuhanzikazi w’Umunyarwandakazi, Bwiza Emerance uri mu bahanzi bakunzwe cyane muri iki gihe, yagaragaje ko yatunguwe n’umutekano n’isuku yasanze mu Mujyi wa Goma, Umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu...
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burusiya yatangaje ko ingabo za Ukraine zanze kubahiriza amasezerano y’agahenge ka Pasika, zikarasa ibisasu bya HIMARS byakozwe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika,...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Ukraine biri mu nzira yo gushyira umukono ku masezerano azafasha Amerika kubyaza umusaruro amabuye y’agaciro, peteroli na gas byo muri Ukraine.
Biciye mu Itsinda ry’Abafana ba Arsenal, RAFC mu Rwanda, (Rwanda Arsenal Fans Community), u Rwanda rwakiriye Iserukiramuco rihuza abakubutse ku Mugabane wa Afurika.
Bamwe mu bakozi bo mu bitaro bya Nyanza basabwe kwishyura amafaranga y’agahimbazamushyi arenga militoni 20Frw, babwirwa ko ari umusoro witwa PBF . Bo bavuga ko amakosa yakozwe n’ushinzwe abakozi...
Kuri uyu wa Gatanu, hirya no hino ku isi abakirisitu bizihiza uwa “Gatanu Mutagatifu” umunsi wibukwa nk’igihe Yesu Kristo, Umucunguzi w’abakirisitu yapfiriye ku musaraba kugira ngo akize abantu...