Brigadier Général Mamadi Doumbouya uyobora Guinée-Conakry ari mu Rwanda kuva ku wa 1 Gicurasi 2025 mu ruzinduko rugamije guhamya ubucuti hagati y’ibihugu byombi.
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yatangaje ko umushahara fatizo ku bakozi ba Leta yawuzamuyeho 35,1%, ugera ku mashilingi ibihumbi 500 (arenga gato ibihumbi 260Frw).
Ingabo za Israel zemeje ko zagabye ibitero bikomeye mu Murwa Mukuru wa Syria, Damascus, hafi y’Ingoro ikoreramo Umukuru w’Igihugu, mu rwego rwo kwihimura ku ngabo za Syria zishinjwa kubangamira...
Kuri uyu wa Kane, itariki ya 1 Gicurasi 2025, ibisasu bya rutura biturutse mu mutwe wa Rapid Support Forces (RSF) byibasiye ingoro ya Perezida wa Sudani iherereye i Khartoum rwagati, mu gitero cya...
Mu gihe isi y’umupira w’amaguru ikomeje gushakisha abazasimbura Lionel Messi na Cristiano Ronaldo, ikipe ya FC Barcelona isa nk’iyabonye igisubizo ku musore muto w’imyaka 17, Lamine Yamal.
Abarenga miliyoni ebyiri batuye mu gace ka Gaza bari mu bibazo bikomeye byatewe n’itumbagira ridasanzwe ry’ibiribwa, ryatumye bamwe bagabanya inshuro bafata ifunguro ku munsi, abandi...
Umudepite wo muri Kenya mu ijoro ryo ku wa Gatatu rishyira kuri uyu wa Kane yarasiwe mu murwa mukuru Nairobi n’abantu bitwaje imbunda bari kuri moto bimuviramo urupfu nk’uko byatangajwe na Citizen TV.
Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (White House), Karoline Leavitt, yavuze ko itangazamakuru ryahishiriye ikibazo cy’uburwayi bwo mu mutwe bwa Joe Biden ubwo yari akiri...