skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kenny Sol na Element Eleéeh mu muryango usohoka muri 1:55AM Ltd

Inzu ifasha abahanzi ya 1:55 AM imaze iminsi isohokamo amakuru y’ubwumvikane buke hagati y’ubuyobozi bwayo n’abayibarizwamo, ari nabyo bituma bamwe batangiye gutegura inzira ziyibasohoramo.
26 April 2025 Yasuwe: 348 0

Putin yishimiye ibiganiro bitanga icyizere yagiranye n’Intumwa yihariye ya Trump

Umunyamabanga wihariye wa Perezida w’u Burusiya ushinzwe politike mpuzamahanga, Kremlin aide Yury Ushakov, yatangaje ko ibiganiro byahuje Perezida Vladimir Putin n’Intumwa yihariye ya Perezida...
26 April 2025 Yasuwe: 248 0

Ukraine ishobora kwemera guhara uduce twayo kugira ngo haboneke amahoro

Umuyobozi w’Umujyi wa Kyiv, Vitali Klitschko, yatangaje ko Ukraine ishobora gutanga igice cy’ubutaka bwayo by’igihe gito, mu rwego rwo kugera ku masezerano y’amahoro n’u Burusiya.
26 April 2025 Yasuwe: 391 0

Qatar yashimye amasezerano u Rwanda rwagiranye na RDC

Guverinoma ya Qatar yatangaje ko yashimye amasezerano u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi byagiranye, agena amahame y’ibanze mu gukemura mu buryo burambye ikibazo cy’umutekano muke mu...
26 April 2025 Yasuwe: 616 0

Rugero Hugues yasabye guhindura amazina akitwa Kamanzi Hugues

Uwitwa Rugero Hugues yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Kamanzi Hugues Karimu mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku...
25 April 2025 Yasuwe: 732 0

Jamie Vardy yasezeye Leicester City yari amazemo imyaka 13

Rutahizamu Jamie Vardy muri Leicester City, yatangaje ko atazakomezanya na yo nyuma y’uyu mwaka w’imikino wa 2024/25. Uyu mukinnyi w’imyaka 38, yari amaze imyaka 13 muri iyi kipe.
25 April 2025 Yasuwe: 369 0

Nyamasheke: Umukobwa yiyahuye kubera nyina wamwitaga ’mukeba we’

Umukobwa w’imyaka 22 wo mu Murenge wa Bushekeli mu karere ka Nyamasheke yasanzwe ku nkombe z’umugezi wa Kamiranzovu yapfuye, hakekwa ko yiyahuye kubera ko nyina yamwitaga mukeba we.
25 April 2025 Yasuwe: 694 0

U Bushinwa bwiyemeje guhangana n’idolari rya Amerika ku ruhando mpuzamahanga

U Bushinwa bwafashe icyemezo cyo gukomeza guteza imbere ikoreshwa ry’Ama-Yuan ndetse n’uburyo bwabwo bwo kwishyurana mu bucuruzi mpuzamahanga.
25 April 2025 Yasuwe: 236 0

U Burusiya bwatanze icyizere ku masezerano y’amahoro na Amerika

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga mu Burusiya, Sergey Lavrov, yatangaje igihugu cye na Amerika bigeze kure ibiganiro byo guhagarika intambara muri Ukraine ndetse ko kugeza ubu ibintu biri mu nzira...
25 April 2025 Yasuwe: 171 0

USA: Hafi 50% by’urubyiruko bagira ibibazo byo mu mutwe baterwa n’imbuga nkoranyambaga

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika hafi kimwe cya kabiri cy’ingimbi n’abangavu bavuga ko imbuga nkoranyambaga zigira ingaruka mbi ku buzima bwabo bwo mu mutwe.
25 April 2025 Yasuwe: 140 0