Uduce twinshi two muri Teritwari ya Walikale twongeye kugwa mu biganza bya AFC / M23 ndetse biranavugwa ko na Centre ya Walikale, bari baherutse gufata bakayivanamo, kubera ibiganiro bya Doha,...
Gen Maj Joseph Nzabamwita ku wa 22 Mata 2025 yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wungirije w’u Burusiya, Mikhail Bogdanov, kopi y’impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda i Moscow.
Perezida Donald Trump yakoze mu jisho Abanyekongo atangaza ko atazi icyo Congo ari cyo usibye kuba yumva ko abantu benshi bahava binjira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Nyuma yaho Papa Francis wari umushumba wa Kiliziya Gatolika yitabye Imana ku wa 21 Mata 2025 afite imyaka 88, Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cyo kumwunamira.
Indege ya Sosiyete yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Delta Air Lines, yafashwe n’inkongi y’umuriro, ariko ku bw’amahirwe ntihagira umugenzi uhasiga ubuzima.
Leta y’u Bushinwa yaburiye ibihugu byinshi ibisaba kutagirana ibiganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho bivugwa ko Donald Trump ateganya gushyira igitutu ku bihugu kugira ngo bihagarike...
Umunyamabanga Mukuru w’Ishyaka rya Joseph Kabila rya ‘Parti du Peuple pour la Reconstruction et la Démocratie:PPRD’, Ferdinand Kambere yavuze ko uko byagenda kose batazigera na rimwe baterwa ubwoba...