skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Hategujwe imvura nyinshi muri Gicurasi 2025

Ikigo cy’Igihugu cy’Itaganyagihe, Meteo Rwanda cyatangaje ko kuva ku wa 4 Gicurasi kugeza ku wa 6 Gicurasi 2025, mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi.
4 May 2025 Yasuwe: 687 0

Gucyura ingabo za SADC ziri i Goma bizarangirana na Gicurasi 2025

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Afurika y’Epfo, Gen Rudzani Maphwanya, yatangaje ko kuba barahisemo gukura ingabo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bishingiye ku kuba amahoro...
4 May 2025 Yasuwe: 304 0

Umurinzi wa Perezida Ibrahim Traoré yahishuye uko bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase

Umwe mu basirikare bashinzwe kurinda Pereizida wa Burkina Faso, Ibrahim Traoré, yatangaje ko hari abo mu bihugu bikomeye bamuhaye miliyoni 5$ ngo amurase amuturutse inyuma ariko arayanga.
4 May 2025 Yasuwe: 1112 0

Perezida Zelensky yahishuye ibyo yaganiriye na Donald Trump ubwo bari i Vatican

Perezida wa Ukraine, Volodymy Zelensky, yahishuye ibyo aheruka kuganira na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, ubwo bari i Vatican bitabiriye umuhango wo gushyingura Papa Francis.
4 May 2025 Yasuwe: 404 0

Rutsiro: Ukekwaho gusambanya abana babiri ari guhigishwa uruhindu

Umusore w’imyaka 20 wo mu Karere ka Rutsiro ukekwaho gusambanya abana babiri b’abakobwa barimo ufite imyaka 12 n’uwa 13 abasanze aho barimo batashya inkwi, ari gushakishwa uruhindu.
4 May 2025 Yasuwe: 691 0

Perezida wa Gabon Gen. Brice Clotaire Oligui Nguema ni muntu ki?

Mu gihe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Gicurasi 2025 i Libreville muri Gabon hategerejwe umuhango w’irahira rya Perezida mushya wa Gabon Gen. Brice Oligui Nguema, Imvaho Nshya igiye kubagezaho...
4 May 2025 Yasuwe: 2291 0

Ihuriro FCC ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Kabila

Ihuriro FCC ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasabye Abanye-Congo kurwanya umugambi wa Leta wo gukurikirana Joseph Kabila mu butabera.
4 May 2025 Yasuwe: 392 0

Ross Kana yasezeye muri 1:55AM

Ross Kana wari umwe mu bahanzi babarizwaga muri 1:55 AM Ltd yamaze kwandika urwandiko ruyisezeramo abashinja kutubahiriza amasezerano y’ibyo bumvikanye kuva yageramo ku wa 1 Ukuboza 2023.
4 May 2025 Yasuwe: 242 0

Polisi y’u Rwanda yegukanye igikombe cya Handball mu mikino ya EAPCCO

Ikipe ya Polisi y’u Rwanda yegukanye igikombe cya Handball mu mikino ya EAPCCO yari imaze icyumweru ibera muri Ethiopia
4 May 2025 Yasuwe: 182 0

Amerika yemeje ubufasha burimo indege z’intambara za F-16 kuri Ukraine

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ubufasha bw’arenga miliyoni 310,5$ yo gufasha mu gusana indege za F-16 zikoreshwa na Ukraine zatanzwe na bimwe mu bihugu by’u Burayi.
3 May 2025 Yasuwe: 536 0