Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryatangaje ko ryatangiye kubakisha umuhanda mushya uhuza santere ya Masisi n’umujyi wa Sake mu ntara ya Kivu...
Polisi ya Kenya iherutse gukora umukwabu mu nyubako yakira ba mukerarugendo ya Jane Guesthouse iherereye mu karere ka Naivasha, mu marembo ya Pariki ya Hell’s Gate nyuma yo kumenya ko hari ba...
Arsenal yananiwe kwihagararaho imbere ya Crystal Palace zanganyije ibitego 2-2, byongerera amahirwe Liverpool yo kwegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza.
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane w’i Burayi, ishobora gukora impinduka mu mategeko ya Champions League kuva 2025-2026 byumwihariko mu cyiciro cyo gukuranamo,harimo gukuraho...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko u Rwanda na Pakistan biri mu biganiro bigamije guteza imbere ubucuruzi n’ubukerarugendo hagati y’impande zombi ku...
Umunyemari Elon Musk yatangaje ko ari gutegura uburyo yagabanya inshingano yari afite mu rwego rushinzwe kugabanya amafaranga leta ya Amerika ikoresha (DOGE), kugira ngo yite ku kigo cye cya Tesla...
Muri iyi minsi haravugwa amakuru y’uko Element yananiwe kwishyura amafaranga yakoreraga indirimbo mu gihe yabaga yishyuwe bituma yishyuzwa miliyoni 25Frw mu gihe we avuga ko atari umucungamutungo...