Bayern Munich yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Budage ku nshuro ya 33, bituma rutahizamu wayo Harry Kane akuraho amateka mabi yari afite yo kuba ataregukana igikombe na kimwe.
Abarwanyi bar AFC/M23 bigaruriye umujyi wa Lunyasenge muri Gurupoma ya Musindi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru nk’uko byatangajwe na FARDC kuri iki Cyumweru.
Polisi ya Kenya iri guhata ibibazo abantu batatu nyuma y’ibyabaye aho umugabo yateye urukweto Perezida William Ruto mu Kuria y’Uburengerazuba, mu Ntara ya Migori.
Guverinoma y’u Rwanda yemeje ko iri mu biganiro na Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) bigamije kwakira abimukira bahungira muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yavuze ko icyo gihugu kiteguye kwihorera ku ba-Houthis nyuma y’igitero cy’igisasu cyo mu bwoko bwa Missile izo nyeshyamba zagabye hafi y’Ikibuga...
Kuri iki Cyumweru, ikipe ya APR FC yegukanye Igikombe cy’Amahoro ku nshuro ya 14, nyuma yo gutsindira Rayon Sports ku mukino wa nyuma wabereye kuri Stade Amahoro ibitego 2-0, unaba uwa mbere...