Kuri uyu wa 29 Mata, ingabo za SADC zatsinzwe ku rugamba zari zifatanyije na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihanganyemo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 zacyuye ibikoresho byazo zibinyujije...
APR BBC izitabira BAL 2025 idafite Shema Osborn na Nobel Boungou-Colo bagiriye imvune zikomeye mu mukino wa nyuma w’Irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Guverinoma y’u Rwanda n’iya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 28 Mata 2025 zatangiye ibiganiro byihariye bigamije kongerera imbaraga ubufatanye bw’impande zombi mu nzego zitandukanye.
Inkongi y’umuriro yatewe n’ibiturika yibasiye icyambu kinini cya Shahid Rajaee kiri i Bandar Abbas mu majyepfo y’u Burengerazuba bwa Iran imaze guhitana abantu 28, ikomeretsa 1000 mu gihe 6...