skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

U Bubiligi bushyigikiye ibiganiro hagati ya RDC n’Umutwe wa M23

Igihugu cy’u Bubiligi cyatangaje ko gishyigikiye ibiganiro hagati y’Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) n’Ihuriro rya AFC/M23 rirwanya ubwo butegetsi.
29 April 2025 Yasuwe: 876 0

SADC yacyuye intwaro zayo izinyujije mu Rwanda

Kuri uyu wa 29 Mata, ingabo za SADC zatsinzwe ku rugamba zari zifatanyije na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihanganyemo n’abarwanyi b’umutwe wa M23 zacyuye ibikoresho byazo zibinyujije...
29 April 2025 Yasuwe: 2460 0

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe byasabwe kwihutisha politiki igenga itangazamakuru

Inteko Ishinga Amategeko igezwaho raporo ya Komisiyo y’Imiyoborere, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore, ku isesengura rya raporo y’ibikorwa by’Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB)...
29 April 2025 Yasuwe: 225 0

Espagne: Umuriro wabuze ubuzima bugahagarara watangiye kugaruka

Nyuma y’uko ku wa Mbere ibihugu nka Espagne na Portugal bihuye n’ikibazo gikomeye cyo kubura umuriro w’amashanyarazi ubuzima bugahagarara, ubu watangiye kugaruka mu bice nka Iberian Peninsula...
29 April 2025 Yasuwe: 216 0

Nyagatare: Ishimwe ry’abakorera mu biro bishya byatwaye miliyoni 677 Frw

Nyuma y’imyaka myinshi Ibiro by’Akarere ka Nyagatare bibarizwa mu nyubako nto kandi itajyanye n’igihe, abakozi n’abakenera serivisi baravuga imyato inyubako nshya y’ibiro yuzuye itwaye miliyoni...
29 April 2025 Yasuwe: 370 0

APR BBC yitegura BAL 2025 yatakaje abakinnyi babiri b’ingenzi

APR BBC izitabira BAL 2025 idafite Shema Osborn na Nobel Boungou-Colo bagiriye imvune zikomeye mu mukino wa nyuma w’Irushanwa ryo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
29 April 2025 Yasuwe: 295 0

Aterian PLC ikora mu by’amabuye y’agaciro mu Rwanda yabonye ishoramari rya miliyoni 4,5$

Ikigo Aterian PLC cy’Abongereza cyatangaje ko cyabonye miliyoni 4,5$ yo gushora mu bikorwa by’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro.
29 April 2025 Yasuwe: 246 0

U Rwanda na Amerika byatangiye ibiganiro byihariye by’ubufatanye

Guverinoma y’u Rwanda n’iya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa 28 Mata 2025 zatangiye ibiganiro byihariye bigamije kongerera imbaraga ubufatanye bw’impande zombi mu nzego zitandukanye.
29 April 2025 Yasuwe: 540 0

Iran: Iri gukora iperereza ku nkongi yibasiye icyambu imaze guhitana abantu 28 abandi barenga 1000 bagakomereka

Inkongi y’umuriro yatewe n’ibiturika yibasiye icyambu kinini cya Shahid Rajaee kiri i Bandar Abbas mu majyepfo y’u Burengerazuba bwa Iran imaze guhitana abantu 28, ikomeretsa 1000 mu gihe 6...
28 April 2025 Yasuwe: 180 0

Igitero cy’abantu bitwaje intwaro cyahitanye abasirikare 12 ba Niger

Kuri uyu wa Gatandatu, Igisirikare cyavuze ko igitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro mu burengerazuba bwa Niger cyahitanye abasirikare 12, mu gace k’umupaka kamaze igihe kaberamo ihohoterwa...
28 April 2025 Yasuwe: 173 0