Abanyarwanda baba mu Buholandi, inshuti z’u Rwanda, aba-diplomate ndetse n’abayobozi mu nzego za Leta y’u Buholandi, bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
Ubushakashatsi bwakozwe na Florida State University, ishami ryayo ry’ubuvuzi bwagaragaje ko abashingiranwe baba bafite ibyago byinshi byo kugira indwara yo kwibagirwa inzwi nka ‘Dementia’ kurusha...
Papa Francis umaze igihe arembye ndetse ubu akaba yarahawe amezi abiri yo kuruhuka kubera uburwayi bwo mu myanya y’ubuhumekero, yagaragaye mu ruhame muri Bazilika ya Mutagatifu Petero i Vatican,...
Musenyeri Vincent Barugahare, Umusaseridoti wa Diyosezi ya Ruhengeri, yitabye Imana ku wa 10 Mata 2025 azize uburwayi ubwo yari ari mu Bitaro by’Umwami Faisal biherereye i Kigali.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko ibiciro byo ku masoko yo mu mijyi mu Rwanda byazamutseho 6,5% muri Werurwe 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uku mu mwaka ushize.