skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Abanyarwanda baba mu Buholandi bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi

Abanyarwanda baba mu Buholandi, inshuti z’u Rwanda, aba-diplomate ndetse n’abayobozi mu nzego za Leta y’u Buholandi, bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu...
11 April 2025 Yasuwe: 154 0

Abubatse bafite ibyago byinshi byo kugira indwara yo kwibagirwa kurusha ingaragu

Ubushakashatsi bwakozwe na Florida State University, ishami ryayo ry’ubuvuzi bwagaragaje ko abashingiranwe baba bafite ibyago byinshi byo kugira indwara yo kwibagirwa inzwi nka ‘Dementia’ kurusha...
11 April 2025 Yasuwe: 1071 0

Ruti Joel yasabye urubyiruko kwima amatwi ababyeyi bamunzwe n’ingengabitekerezo ya Jenoside

Umuhanzi Ruti Joel yageneye urubyiruko ubutumwa bwo kwirinda ingengabitekerezo ya Jenoside bakima amatwi ababyeyi bayibatoza, kugira ngo bubake Umunyarwanda udafite umwanda mu bitekerezo.
11 April 2025 Yasuwe: 186 0

Papa Francis yagaragaye mu ruhame yambaye imyenda isanzwe

Papa Francis umaze igihe arembye ndetse ubu akaba yarahawe amezi abiri yo kuruhuka kubera uburwayi bwo mu myanya y’ubuhumekero, yagaragaye mu ruhame muri Bazilika ya Mutagatifu Petero i Vatican,...
11 April 2025 Yasuwe: 486 0

MUHAIRWE Amon yasabye guhindura amazina akitwa MUHIRE Amon

Uwitwa MUHAIRWE Amon yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUHIRE Amon mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri izina riri ku byangombwa....
11 April 2025 Yasuwe: 416 0

Tanzania: Umunyapolitiki Tundu Lissu yashinjwe icyaha cy’ubuhemu

Kuri uyu wa Kane, itariki 10 Mata 2025, Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, Tundu Lissu, yashinjwe icyaha cy’ubuhemu cyangwa ubugambanyi, gishobora guhanishwa igihano...
11 April 2025 Yasuwe: 214 0

Musenyeri Vincent Barugahare yapfuye ku myaka 77

Musenyeri Vincent Barugahare, Umusaseridoti wa Diyosezi ya Ruhengeri, yitabye Imana ku wa 10 Mata 2025 azize uburwayi ubwo yari ari mu Bitaro by’Umwami Faisal biherereye i Kigali.
11 April 2025 Yasuwe: 1280 0

Ibiciro ku masoko yo mu Rwanda byazamutseho 6,5% muri Werurwe

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko ibiciro byo ku masoko yo mu mijyi mu Rwanda byazamutseho 6,5% muri Werurwe 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uku mu mwaka ushize.
11 April 2025 Yasuwe: 276 0

Rusizi: Arakekwaho kubyara umwana agahita amuniga

Abizera Marie Assoumpta w’imyaka 27, afungiye kuri Sitasiyo y’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) ya Nyakabuye, Akarere ka Rusizi, akurikiranyweho yokubyara umwana agahita amuniga akamwica.
11 April 2025 Yasuwe: 480 0

Perezida Xi Jinping yirukanye Jenerali w’igikomerezwa

Perezida Xi Jinping w’u Bushinwa, yirukanye Gen. He Weidong wari nimero ya kabiri mu gisirikare cy’u Bushinwa.
11 April 2025 Yasuwe: 408 0