Ishyaka CHADEMA ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Tanzania, ryatangaje ko Tundu Lissu uriyobora yatawe muri yombi na polisi nyuma yo kwitabira mitingi mu karere ka Ruvuma ko mu majyepfo y’icyo gihugu.
Guverinoma ya Congo, yatangaje ko umubare w’abamaze kumenyekana ko bishwe n’isuri n’umwuzure watewe n’imvura yaguye mu Mujyi wa Kinshasa, wavuye kuri 33, ugera kuri 43 nkuko itangazo ryashyizwe...
Uwahoze ari umukinnyi wa Rayon Sports, Murangwa Eric Eugène, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yavuze ko ibivugwa kuri Paul Rusabagina, ko yarokoye Abatutsi benshi bari bahungiye muri...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 9 Mata 2025, abakozi b’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) n’ab’Ibiro by’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta (OAG) bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ibihugu bigize umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) bashyiriyeho ibicuruzwa biva muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umusoro wa 25% mu rwego rwo kwihorera.
Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abapfobya, abahakana n’abandi bafite umugambi wo gushinyagurira abarokotse, bakunze kwitwaza ko Jenoside itateguwe.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Centrafrique, Olivier Kayumba, yatangaje ko u Bubiligi bwageze mu Rwanda bushyiraho politike ishingiye ku macakubiri n’ubutegetsi bushingiye ku moko ari na byo byagejeje...