Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 8 Mata 2025, muri gereza ya gisirikare ya N’dolo, imfungwa eshatu z’abanyamerika zashyikirijwe abategetsi ba Amerika, imbere y’abayobozi ba gisivili n’abasirikare ba...
Perezida Paul Kagame ku wa Kabiri yakiriye anagirana ibiganiro na Massad Boulos, umujyanama mukuru wa Perezida Donald wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku bibazo bya Afurika.
Abantu bane bo mu muryango umwe bafungiwe muri Gereza Nkuru ya Mpimba i Bujumbura nyuma yo kuganira mu itsinda rya WhatsApp ku byerekeye intambara yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC).
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko mu gihe u Bushinwa bwakwibeshya bukongera imisoro ku bicuruzwa bituruka muri Amerika, na yo izahita yongera umusoro wa 50% ku...
Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia, Avraham Neguise, yasohowe mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye ku Cyicaro Gikuru cy’Umuryango wa...
Depite wo mu Ntara ya Tanganyika, Frédéric Kabunda, yamaganye ukuntu abasirikare ba FARDC bajujubya abaturage ku muhanda wa Kirungu-Kasenga, muri Teritwari ya Moba. Avuga ko abasirikare ba FARDC...