Musenyeri Vincent Barugahare, Umusaseridoti wa Diyosezi ya Ruhengeri, yitabye Imana ku wa 10 Mata 2025 azize uburwayi ubwo yari ari mu Bitaro by’Umwami Faisal biherereye i Kigali.
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyagaragaje ko ibiciro byo ku masoko yo mu mijyi mu Rwanda byazamutseho 6,5% muri Werurwe 2025, ugereranyije n’ukwezi nk’uku mu mwaka ushize.
Ku itariki nk’iyi ya 11 Mata mu 1994, mu Rwanda hari hakomeje Jenoside yakorewe hirya no hino mu gihugu nk’aho kuri Paruwasi ya Hanika hiciwe Abatutsi basaga 15,000, nk’aho Ingabo z’Ababiligi zari...
Umuryango uharanira inyungu z’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, IBUKA, mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro urashima ko hari imiryango itishoboye yarokotse Jenoside yasaniwe inzu undi...
Abantu batatu bakuru n’abana batatu bapfuye ubwo kajugujugu yagwaga mu ruzi ruri hagati ya Manhattan na New Jersey. Umuyobozi w’akarere Eric Adams yavuze ko umuryango wa ba mukerarugendo bo muri...