skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Wayne Rooney yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda i Londres (Amafoto)

Wayne Rooney, umwongereza w’icyamamare mu mupira w’amaguru, yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda mu mujyi wa Londres, ari kumwe n’inshuti ze mu ijoro ryo ku cyumweru.
1 April 2025 Yasuwe: 686 0

U Bushinwa bwongeye kugotesha Taiwan amato 19 mu myitozo

Minisiteri y’ingabo y’igihugu ya Taiwan yavuze ko yakurikiranye amato 19 y’Ingabo z’u Bushinwa zirwanira mu mazi akikije icyo kirwa mu gihe cy’amasaha 24 guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuwa...
1 April 2025 Yasuwe: 367 0

Abarenga 2000 bamaze guhitanwa n’umutingito muri Myanmar

Abantu barenga ibihumbi bibiri bimaze gutangazwa ko bapfiriye mu mutingito uri ku gipimo cya 7,7 wibasiye Myanmar ukagera no mu bihugu bituranye birimo Thailand n’u Bushinwa.
1 April 2025 Yasuwe: 139 0

Abamotari barinubira ko mu Rwanda hari sosiyete imwe yonyine itanga ubwishingizi bwa moto

Abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bazwi nk’abamotari, bagaragaje ko kuba mu Rwanda hari sosiyete imwe yemera kubaha ubwishingizi bw’ibyo binyabiziga bituma igiciro cyabwo gikomeza...
1 April 2025 Yasuwe: 266 0

Sosiyete GLC y’Abashinwa irashinja FARDC guhohotera abakozi bayo muri Kalemie

Isosiyete y’Abashinwa GLC yamaganye igitero cyagabwe ku bakozi bayo n’abasirikare bamwe bo mu ngabo za DRC (FARDC), i Kalemie, mu Ntara ya Tanganyika.
31 March 2025 Yasuwe: 651 0

FARDC na Wazalendo bateye ibirindiro bya M23 muri Walikale

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’inyeshyamba za Wazalendo bagabye igitero gihuriweho ku birindiro bya M23 / AFC i Kakuku, umudugudu uherereye ku birometero 6 uvuye Walikale...
31 March 2025 Yasuwe: 1807 0

Umwe mu biyamamarije kuyobora Congo yiyunze na M23/AFC

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, inkuru irimo kuvugwaho cyane ni iy’umugabo witwa Rex Kazadi Kanda wabaye mu ishyaka rya Perezida Felix Tshisekedi, UDPS ariko ubu akaba yiyunze na M23/AFC.
31 March 2025 Yasuwe: 2438 0

Pasiteri Bugingo yasabye Bobi Wine kwakira Yesu agukizwa

Pasiteri Aloysius Bugingo uyobora House of Prayer Ministries yongeye kuvuga ku munyapolitiki Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, aho yamugiriye inama yo kwegera Imana no gukizwa.
31 March 2025 Yasuwe: 404 0

Trump yateguje Iran ko azayirasa, niyanga ubwumvikane kuri nikeleyeri

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko azarasa kuri Iran mu gihe yakwanga ubwumvikane mu guhagarika gukora intwaro za nucléaire.
31 March 2025 Yasuwe: 426 0

Nyanza: Yabonye ‘grenade’ mu murima ayitiranya n’iteke

Habinshuti Euraste wo mu Karere ka Nyanza, mu Murenge wa Nyagisozi, yabonye grenade mu murima ayitiranya n’iteke, abwirwa ko ari igisasu cyo mu bwoko bwa ‘grenade’ agitahanye iwe mu rugo.
31 March 2025 Yasuwe: 637 0