skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Igisirikare cya Sudani kirukanye RSF mu bice hafi ya byose bya Khartoum

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Werurwe, Ingabo za Sudani zirukanye ingabo bahanganye za Rapid Support Force mu bice hafi ya byose by’Umurwa Mukuru birimo Khartoum rwagati, nk’uko byemejwe...
27 March 2025 Yasuwe: 577 0

Ndayishimiye yashimangiye ko u Burundi bufite ubutunzi ndengakamere

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashimangiye ko igihugu cye gifite ubutunzi kidashobora kumara nubwo bigaragara ko gikennye.
27 March 2025 Yasuwe: 543 0

U Bubiligi, u Burundi, na Congo biri gutegura ibitero simusiga ku birindiro bya M23

Kuva Umujyi wa Goma, munini mu burasirazuba bwa DRC, wafatwa ku itariki ya 27 Mutarama, abayobozi bo mu Muryango w’Iterambere rya Afurika y’Amajyepfo (SADC) n’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba...
27 March 2025 Yasuwe: 1686 0

AFC/M23 yashyizeho ikigo cy’imari kigiye kuba kifashishwa muri Goma

Umutwe w’inyeshyamba M23 / AFC wongeye gufungura, kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Werurwe, Ikigega cyo kuzigama no kuguriza (CADECO) Sarl muri Goma. Uyu mutwe wigaruriye umujyi kuva muri Mutarama,...
27 March 2025 Yasuwe: 787 0

Abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkogi yibasiye Koreya y’Epfo

Byibuze abantu 24 bari hagati y’imyaka 60 na 70 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze kwicwa n’inkongi ikomeje kwibasira amajyaruguru y’uburasirazuba bwa Koreya y’Epfo.
27 March 2025 Yasuwe: 193 0

Riek Machar yatawe muri yombi

Inzego z’umutekano za Sudani y’Epfo zaraye zitaye muri yombi Visi-Perezida wa mbere w’iki gihugu, Riek Machar.
27 March 2025 Yasuwe: 2391 0

Abadepite basabye ko ba MC bajya basora

Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko, yasabiye abakora umwuga wo gusangiza amagambo mu birori kujya batanga umusoro.
27 March 2025 Yasuwe: 732 0

Nigeria: Nibura abasirikare 4 barimo komanda wa brigade biciwe mu bitero by’ibyihebe

Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, avuga ko byibuze abasirikare bane ba Nigeria bishwe ubwo abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bagabaga...
26 March 2025 Yasuwe: 304 0

Nyarugenge: Umugore akurikiranweho gukubita umugabo we bikamuviramo urupfu

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye mu karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Muhima wakubise umugabo we...
26 March 2025 Yasuwe: 957 0

Umuyapani wafunzwe imyaka 48 arengana yemerewe miliyoni 1,44 y’Amadolari

Urukiko rwa Shizuoka mu Buyapani rwategetse Leta kwishyura miliyoni 1,44 z’Amadolari ya Amerika (miliyari 2 Frw) umusaza wamaze imyaka 48 afungiwe ibyaha atakoze.
26 March 2025 Yasuwe: 512 0