Umudepite wo muri Kenya, Peter Salasya yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium ubwo yari yitabiriye umukino wahuje Kenya na Gabon mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kuri iki Cyumweru.
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kiratangaza ko nacyo kigiye kwirinda kugaba ibitero ku mutwe wa M23, nyuma y’aho uyu mutwe kuwa Gatandatu wemeye kuva ku bushake mu Mujyi...
Papa Francis arava mu bitaro bya Gemelli biri i Roma kuri iki Cyumweru kandi azakenera nibura amezi abiri yo kuruhuka i Vatican, nk’uko abaganga barimo kumuvura babitangaje, nyuma yo kwinjira mu...
Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati, Steve Witkoff, yatangaje ko Ukraine yemeye ko izategura amatora ya Perezida yagombaga kuba mu...
Umutwe wa M23 wigaruriye Centre y’ubucuruzi ya Mubi yo muri Teritwari ya Walikale, nyuma y’uko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zimaze kuyihunga.