skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Umudepite wo muri Kenya yakubitiwe muri sitade yagiye kureba ikipe y’igihugu

Umudepite wo muri Kenya, Peter Salasya yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium ubwo yari yitabiriye umukino wahuje Kenya na Gabon mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kuri iki Cyumweru.
24 March 2025 Yasuwe: 261 0

Al shabab yishe abapolisi batandatu ba Kenya

Polisi yavuze ko abapolisi batandatu bo muri Kenya bishwe n’abakekwaho kuba aterabwoba ba Al Shabab bagabye igitero ku kigo cy’inkeragutabara.
24 March 2025 Yasuwe: 166 0

FARDC yijeje ko igiye kwirinda gutera AFC/M23 yemeye kuva muri Walikale

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kiratangaza ko nacyo kigiye kwirinda kugaba ibitero ku mutwe wa M23, nyuma y’aho uyu mutwe kuwa Gatandatu wemeye kuva ku bushake mu Mujyi...
23 March 2025 Yasuwe: 1131 0

U Budage bwafunze ambasade yabwo i Juba mu gihe hikangwa indi ntambara

Ku wa Gatandatu, ibiro bishinzwe ububanyi n’amahanga by’u Budage byavuze ko bizafunga by’agateganyo ambasade yabwo mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, bitewe n’ihohoterwa rishya kandi rikomeje...
23 March 2025 Yasuwe: 467 0

Papa Francis arasohoka mu bitaro nyuma y’ukwezi kurenga

Papa Francis arava mu bitaro bya Gemelli biri i Roma kuri iki Cyumweru kandi azakenera nibura amezi abiri yo kuruhuka i Vatican, nk’uko abaganga barimo kumuvura babitangaje, nyuma yo kwinjira mu...
23 March 2025 Yasuwe: 363 0

Kayonza: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’urumogi rupima ibilo 30

Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Kayonza, yaburijemo igikorwa cyo gukwirakwiza ikiyobyabwenge cy’urumogi rungana n’ibilo 30, rwafatanywe umugabo w’imyaka 40 y’amavuko.
23 March 2025 Yasuwe: 469 0

George Foreman yapfuye

George Foreman, umwe mu bakinnyi b’iteramakofi bakomeye mu mateka, yitabye Imana ku ya 21 Werurwe 2025, afite imyaka 76.
22 March 2025 Yasuwe: 1019 0

Namibia yarahije Perezida wa mbere w’umugore

Namibia yanditse amateka ubwo Netumbo Nandi-Ndaitwah, w’imyaka 72, yarahiriraga kuyobora igihugu nka Perezida wa mbere w’umugore.
22 March 2025 Yasuwe: 811 0

Ukraine iri gutegura amatora ya Perezida

Intumwa yihariye ya Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati, Steve Witkoff, yatangaje ko Ukraine yemeye ko izategura amatora ya Perezida yagombaga kuba mu...
22 March 2025 Yasuwe: 700 0

M23 yafashe Mubi itarwanye

Umutwe wa M23 wigaruriye Centre y’ubucuruzi ya Mubi yo muri Teritwari ya Walikale, nyuma y’uko ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zimaze kuyihunga.
22 March 2025 Yasuwe: 2650 0