skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Kisangani: Basabwe kutagira ubwoba mu gihe hikangwa Inyeshyamba za AFC/M23

Perezida w’inteko y’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yatangije icyifuzo cyo kuba maso no kugira ubumwe mu gihe hari ibibazo by’umutekano. Hari ku wa Mbere Werurwe 31, ubwo hafungurwaga...
2 April 2025 Yasuwe: 437 0

Tshisekedi yategetse ko Abanyamerika bahamijwe kugerageza kumuhirika bagabanyirizwa ibihano

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yategetse ko Abanyamerika bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamywa icyaha cyo kugerageza kumukorera coup d’état...
2 April 2025 Yasuwe: 303 0

Hamenyekanye umunsi ibiganiro bya mbere bya M23 na RDC bizaberaho

Amakuru aturuka ku ruhande rwa leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’urw’umutwe wa M23, aravuga ko nta gihindutse impande zombi zizahurira mu biganiro ku wa 09 Mata 2025.
2 April 2025 Yasuwe: 965 0

Abayobozi b’amakoperative mu Rwanda bagiye kujya bamenyekanisha imitungo yabo

Hashize iminsi havugwa ikibazo cy’imicungire y’amakoperative n’imiyoborere yayo mu makoperative yo mu Rwanda kuburyo n’abanyamuryango bagiye bashinja bamwe mu bayayobora gucunga nabi no kunyereza...
2 April 2025 Yasuwe: 271 0

U Bushinwa bwahaye uburenganzira indege zitagira abapilote zitwara abagenzi

Ikigo gishinzwe iby’indege za gisivili mu Bushinwa (CAAC) cyemeje ibyemezo by’indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa tagisi ziguruka bwa mbere, nk’uko byatangajwe na South Morning Post (SCMP)....
1 April 2025 Yasuwe: 582 0

Burkina Faso: Perezida Traore yababariye abasirikare bashatse guhirika ubutegetsi

Perezida wa Burkina Faso, Captain Ibrahim Traore, yatanze imbabazi ku basirikare 21 bahamijwe ibyaha byo kugerageza guhirika ubutegetsi bwa Blaise Compaoré mu 2015
1 April 2025 Yasuwe: 464 0

Wayne Rooney yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda i Londres (Amafoto)

Wayne Rooney, umwongereza w’icyamamare mu mupira w’amaguru, yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda mu mujyi wa Londres, ari kumwe n’inshuti ze mu ijoro ryo ku cyumweru.
1 April 2025 Yasuwe: 687 0

U Bushinwa bwongeye kugotesha Taiwan amato 19 mu myitozo

Minisiteri y’ingabo y’igihugu ya Taiwan yavuze ko yakurikiranye amato 19 y’Ingabo z’u Bushinwa zirwanira mu mazi akikije icyo kirwa mu gihe cy’amasaha 24 guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuwa...
1 April 2025 Yasuwe: 367 0

Abarenga 2000 bamaze guhitanwa n’umutingito muri Myanmar

Abantu barenga ibihumbi bibiri bimaze gutangazwa ko bapfiriye mu mutingito uri ku gipimo cya 7,7 wibasiye Myanmar ukagera no mu bihugu bituranye birimo Thailand n’u Bushinwa.
1 April 2025 Yasuwe: 140 0

Abamotari barinubira ko mu Rwanda hari sosiyete imwe yonyine itanga ubwishingizi bwa moto

Abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bazwi nk’abamotari, bagaragaje ko kuba mu Rwanda hari sosiyete imwe yemera kubaha ubwishingizi bw’ibyo binyabiziga bituma igiciro cyabwo gikomeza...
1 April 2025 Yasuwe: 268 0