Perezida w’inteko y’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yatangije icyifuzo cyo kuba maso no kugira ubumwe mu gihe hari ibibazo by’umutekano. Hari ku wa Mbere Werurwe 31, ubwo hafungurwaga...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yategetse ko Abanyamerika bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamywa icyaha cyo kugerageza kumukorera coup d’état...
Amakuru aturuka ku ruhande rwa leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’urw’umutwe wa M23, aravuga ko nta gihindutse impande zombi zizahurira mu biganiro ku wa 09 Mata 2025.
Hashize iminsi havugwa ikibazo cy’imicungire y’amakoperative n’imiyoborere yayo mu makoperative yo mu Rwanda kuburyo n’abanyamuryango bagiye bashinja bamwe mu bayayobora gucunga nabi no kunyereza...
Ikigo gishinzwe iby’indege za gisivili mu Bushinwa (CAAC) cyemeje ibyemezo by’indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa tagisi ziguruka bwa mbere, nk’uko byatangajwe na South Morning Post (SCMP)....
Wayne Rooney, umwongereza w’icyamamare mu mupira w’amaguru, yafashwe anyara ku rukuta rw’umuhanda mu mujyi wa Londres, ari kumwe n’inshuti ze mu ijoro ryo ku cyumweru.
Minisiteri y’ingabo y’igihugu ya Taiwan yavuze ko yakurikiranye amato 19 y’Ingabo z’u Bushinwa zirwanira mu mazi akikije icyo kirwa mu gihe cy’amasaha 24 guhera saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuwa...
Abantu barenga ibihumbi bibiri bimaze gutangazwa ko bapfiriye mu mutingito uri ku gipimo cya 7,7 wibasiye Myanmar ukagera no mu bihugu bituranye birimo Thailand n’u Bushinwa.
Abakora akazi ko gutwara abagenzi kuri moto bazwi nk’abamotari, bagaragaje ko kuba mu Rwanda hari sosiyete imwe yemera kubaha ubwishingizi bw’ibyo binyabiziga bituma igiciro cyabwo gikomeza...