skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Abantu 24 bamaze guhitanwa n’inkogi yibasiye Koreya y’Epfo

Byibuze abantu 24 bari hagati y’imyaka 60 na 70 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze kwicwa n’inkongi ikomeje kwibasira amajyaruguru y’uburasirazuba bwa Koreya y’Epfo.
27 March 2025 Yasuwe: 193 0

Riek Machar yatawe muri yombi

Inzego z’umutekano za Sudani y’Epfo zaraye zitaye muri yombi Visi-Perezida wa mbere w’iki gihugu, Riek Machar.
27 March 2025 Yasuwe: 2391 0

Abadepite basabye ko ba MC bajya basora

Komisiyo y’ingengo y’imari n’umutungo bya Leta mu nteko ishinga amategeko, yasabiye abakora umwuga wo gusangiza amagambo mu birori kujya batanga umusoro.
27 March 2025 Yasuwe: 734 0

Nigeria: Nibura abasirikare 4 barimo komanda wa brigade biciwe mu bitero by’ibyihebe

Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, avuga ko byibuze abasirikare bane ba Nigeria bishwe ubwo abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bagabaga...
26 March 2025 Yasuwe: 304 0

Nyarugenge: Umugore akurikiranweho gukubita umugabo we bikamuviramo urupfu

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bwaregeye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge dosiye iregwamo umugore utuye mu karere ka Nyarugenge, mu murenge wa Muhima wakubise umugabo we...
26 March 2025 Yasuwe: 958 0

Umuyapani wafunzwe imyaka 48 arengana yemerewe miliyoni 1,44 y’Amadolari

Urukiko rwa Shizuoka mu Buyapani rwategetse Leta kwishyura miliyoni 1,44 z’Amadolari ya Amerika (miliyari 2 Frw) umusaza wamaze imyaka 48 afungiwe ibyaha atakoze.
26 March 2025 Yasuwe: 512 0

U Burusiya na Ukraine byemeranyije guhagarika imirwano mu Nyanja Yirabura

U Burusiya na Ukraine byiyemeje guhagarika intambara mu mazi mu Nyanja Yirabura mu masezerano atandukanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’iminsi itatu y’ibiganiro by’amahoro muri Arabia...
26 March 2025 Yasuwe: 392 0

Abanyeshuri mu bice bigenzurwa na M23 bakoze ibizamini bya leta

Nubwo byari bigoye kwitegura, abanyeshuri bo muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo barekana ko biruhukije kuko uyu mwaka w’amashuri utakibabereye impfabusa, nyuma y’aho bemerewe gukora...
26 March 2025 Yasuwe: 874 0

M23 yashyizeho abayobozi bashya ba CADECO

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo imitwe ya M23 na Twirwaneho, ryashyizeho abayobozi bashya b’ikigo cy’imari cya Caisse générale d’épargne du Congo (CADECO) mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
26 March 2025 Yasuwe: 2036 0

Intumwa yihariye ya Trump yasabye ko M23 yinjizwa mu ngabo za Congo

Umuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko umutwe wa M23 ugizwe...
26 March 2025 Yasuwe: 968 0