Byibuze abantu 24 bari hagati y’imyaka 60 na 70 ni bo bimaze kumenyekana ko bamaze kwicwa n’inkongi ikomeje kwibasira amajyaruguru y’uburasirazuba bwa Koreya y’Epfo.
Amakuru aturuka mu nzego z’umutekano agera ku Biro Ntaramakuru by’Abongereza, Reuters, avuga ko byibuze abasirikare bane ba Nigeria bishwe ubwo abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bagabaga...
U Burusiya na Ukraine byiyemeje guhagarika intambara mu mazi mu Nyanja Yirabura mu masezerano atandukanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’iminsi itatu y’ibiganiro by’amahoro muri Arabia...
Umuyobozi wa Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ishinzwe ubutasi n’ibikorwa byihariye by’igisirikare, Dr. Ronny Jackson, yagaragaje ko umutwe wa M23 ugizwe...