Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare, yitabiriye inama n’umwiherero bihuza ba...
Gen (Rtd) James Kabarebe, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe Ubutwererane bw’Akarere muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, yavuze ko ibibazo bya Repubulika ya Demokarasi ya Congo byatangiye nyuma...
Amerika yagiye ku ruhande rw’u Burusiya inshuro ebyiri mu matora mu Muryango w’Abibumbye mu rwego rwo kwizihiza isabukuru y’imyaka itatu ishize u Burusiya buteye Ukraine, ngo bigaragaza ko...
Umuvugizi wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko nta gitutu uyu mutwe wigeze ushyira ku ngabo ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO, kugira...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko mu nzego u Bubiligi bwashyizeho igitutu ngo zihagarikire inkunga u Rwanda, harimo Banki y’Isi n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi.
Minisitiri w’ubucuruzi muri New Zealand, Andrew Bayly yeguye ku mirimo ye nyuma yo gushyira ikiganza ku kuboko k’umwe mu bakozi be mu cyumweru gishize, mu byavuzwe ko ari imyitwarire mibi ikabije.