skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Trump yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yasinye itegeko rikuraho Minisiteri y’Uburezi muri icyo gihugu, ashinja kudakora neza inshingano zayo.
21 March 2025 Yasuwe: 820 0

MTN Rwanda yahawe umuyobozi mushya

Sosiyete y’itumanaho MTN Group yagize Ali Monzer Umuyobozi Mukuru w’ishami ryayo mu Rwanda, MTN Rwanda, uzasimbura Mapula Bodibe.
21 March 2025 Yasuwe: 284 0

Ingabo za Sudani zafashe ibiro by’Umukuru w’Igihugu

Ingabo za Sudani zafashe Ibiro by’Umukuru w’Igihugu i Khartoum mu rugamba rwo kwisubiza ubutegetsi zibwambuye umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) wari umaze imyaka ibiri ugenzura igihugu.
21 March 2025 Yasuwe: 548 0

USA: Umucamanza wa Leta yitambitse ihagarikwa rya USAID

Muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika USA, Umucamanza wa Leta yatambamiye ubuyobozi bwa Perezida Donald Trump, mu mugambi wabwo wo gukinga Ikigo gitera inkunga iterambere mpuzamahanga (USAID).
20 March 2025 Yasuwe: 807 0

Tshisekedi yagaragaje ko ateze amakiriro ku masezerano yemereye Amerika

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yagaragaje ko ateze amakiriro ku masezerano y’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro yemereye Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
20 March 2025 Yasuwe: 1143 0

Ethiopia: Abitwaje intwaro bashimuse abarenga 50 bagendaga muri bisi

Abagabo bitwaje intwaro bashimuse abantu babarirwa muri 50 bari muri bisi yavaga i Addis Abeba yerekeza mu mujyi wa Debre Markos.
20 March 2025 Yasuwe: 175 0

Sudani: Ingabo za leta ziravuga ko zenda kwambura RSF ingoro ya perezida

Kuri uyu wa Kane, Televiziyo ya Leta ya Sudani yavuze ko ingabo ziri hafi kwigarurira ingoro ya Perezida i Khartoum ziyambura ingabo z’umutwe wa Rapid Support Forces, ibyo bikaba bigaragaza...
20 March 2025 Yasuwe: 491 0

Uko wakunda bundi bushya nyuma yo gukomerekera mu rukundo

Wigeze ukunda umuntu bikarangira ubibabariyemo ugakomereka umutima ku buryo wumva wazinutswe gukunda? Nta cyizere wumva uzongera kugirira uwo ari we wese mu rukundo? Waba warakunze umuntu...
20 March 2025 Yasuwe: 1733 0

Kinshasa: Abasirikare barinda Perezida barasanye n’abapolisi

Abasirikare bo mu mutwe w’ingabo zishinzwe kurinda Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’abandi bayobozi bakuru (GR), barasanye n’abapolisi mu Mujyi wa Kinshasa.
20 March 2025 Yasuwe: 1888 0

U Budage bwaburiye abaturage babwo bajya muri Amerika nyuma yo gufunga batatu

Igihugu cy’u Budage cyavuguruye inama kigira abadage bakorera ingendo muri Amerika, kibibutsa ko Berlin kugira viza yo kujya muri Amerika cyangwa uruhushya rwo kwinjira bidatanga uburenganzira bwo...
20 March 2025 Yasuwe: 286 0