skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Burundi: Bunyoni yasabye gusubiramo urubanza rwe no kurekurwa by’agateganyo

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe w’u Burundi, Alain Guillaume Bunyoni, yitabaje urukiko kuri uyu wa Gatanu ushize imbere y’urugereko rw’imanza rw’urukiko rw’ikirenga, mu rubanza rudasanzwe rwabereye...
16 February 2025 Yasuwe: 664 0

Perezida Trump na Putin bagiye guhurira muri Arabia Saoudite

Perezida wa Amerika Donald Trump na Vladimir Putin w’u Burusiya barateganya guhurira muri Arabia Saoudite mu mpera za Gashyantare 2024, mu mugambi wo gushaka igisubizo ku ntambara ibera muri Ukraine.
16 February 2025 Yasuwe: 521 0

Tom Cruise aravugwa mu munyenga w’urukundo na Ana De Armas

Kabuhariwe mu gukina filime, Tom Cruise, aravugwa mu rukundo na Ana De Armas, umugore w’imyaka 36 ufite inkomoko muri Cuba, akaba ari umwe mu bagezweho magingo aya i Hollywood.
16 February 2025 Yasuwe: 306 0

Kenya: Raila Odinga arakurikizaho iki nyuma yo gutsindwa mu matora ya AU?

Gutsindwa k’uwahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Kenya, Raila Odinga,mu matora y’Umuyobozi wa Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AUC), ngo ntabwo ari ibanga bigiye guhindura isura...
16 February 2025 Yasuwe: 782 0

U Burundi bwahambirije uhagarariye PAM

Leta y’u Burundi kuwa Gatanu yirukanye Sibi Lawson-Marriot uhagarariye ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa kw’Isi, PAM, na Sarah Nguyen wayoboraga ishami rishinzwe umutekano muri ibi...
16 February 2025 Yasuwe: 839 0

M23 yafashe Bukavu

Umuvugizi w’umutwe witwaje intwaro wa M23 mu rwego rwa gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, yaciye amarenga y’ifatwa ry’umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’intara ya Kivu y’Amajyepfo mu...
16 February 2025 Yasuwe: 1466 0

Selena Gomez yateguje album yakoranye n’umukunzi we

Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime Selena Gomez, yatangaje ko ari gutegura album yakoranye n’umukunzi we Benny Blanco.
15 February 2025 Yasuwe: 598 0

ISHIMWE BAYINGANA Christian Abdenego yasabye guhindura amazina akitwa MUZUNGU CHRISTIAN

Uwitwa Uwitwa ISHIMWE BAYINGANA Christian yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa MUZUNGU CHRISTIAN mu bitabo by’irangamimerere! Impamvu asaba guhindura amazina ikaba iri...
15 February 2025 Yasuwe: 459 0

Twe abanyarwanda ntawe dusaba uburenganzira bwo kubaho - Perezida Kagame

"Iyaba umukino wo kwitana ba mwana, imbwirwaruhame nziza, ibinyoma, kutagira isoni, byari igisubizo cy’iki kibazo, ibibazo byari kuba byararangiye kera. Nti twakabaye tugifite iki kibazo cya Congo,...
15 February 2025 Yasuwe: 668 0

Tshisekedi yongeye gushinja Kabila gufasha M23

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yongeye gutangaza ko Joseph Kabila wamubanjirije ku butegetsi afasha umutwe witwaje intwaro wa M23.
15 February 2025 Yasuwe: 1238 0