Perezida wa Amerika Donald Trump na Vladimir Putin w’u Burusiya barateganya guhurira muri Arabia Saoudite mu mpera za Gashyantare 2024, mu mugambi wo gushaka igisubizo ku ntambara ibera muri Ukraine.
Kabuhariwe mu gukina filime, Tom Cruise, aravugwa mu rukundo na Ana De Armas, umugore w’imyaka 36 ufite inkomoko muri Cuba, akaba ari umwe mu bagezweho magingo aya i Hollywood.
Leta y’u Burundi kuwa Gatanu yirukanye Sibi Lawson-Marriot uhagarariye ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa kw’Isi, PAM, na Sarah Nguyen wayoboraga ishami rishinzwe umutekano muri ibi...
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yongeye gutangaza ko Joseph Kabila wamubanjirije ku butegetsi afasha umutwe witwaje intwaro wa M23.