Nyuma y’uko u Rwanda rutangaje ko rucanye umubano n’u Bubiligi ndetse rugaha abadipolomate babwo bari mu Rwanda amasaha 48 yo kuhava, u Bubiligi buravuga ko bubabajwe n’iki cyemezo ariko, ukugereye...
Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Afurika y’Epfo ishinzwe ibikorwa by’ingabo, yasabye Leta ibisobanuro ku buryo izakura abasirikare mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Amakuru agera kuri BWIZA aravuga ko mu cyumweru gishize, umutwe wa M23 wohereje abasirikare kabuhariwe (Abakomando) bawo bakinjira mu kigo cya gisirikare cy’ingabo z’u Burundi mu bice bya Uvira, mu...
Sitade y’Akarere ka Gicumbi, igiye gushyirwamo “Tapis synthétique” nkuko bitangazwa n’Ubuyobozi bw’Akarere.
Biteganijwe ko kuri uyu wa 17 Werurwe 2025 ari bwo hatangira imirimo yo gushyira...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyanza, yatangaje ko yataye muri yombi abasore 14 bo mu Murenge wa Busoro, Akagari ka Masangano, mu Mudugudu wa Bosoro, bakurikiranweho ibyaha bitandukanye...
Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga n’ab’ingabo bo mu muryango wa Afurika y’iburasirazuba (EAC) bahuriye i Nairobi muri Kenya, mu nama yiga ku mutekano wo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 watangaje ko iyo Abanye-Congo b’Abatutsi birukanywe ku butaka bwabo n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR batabona ibihugu by’abaturanyi bibakira, ubu baba batakibaho.
Kuri uyu wa Gatandatu mu rukerera, umukozi wo mu rugo witwa Niyonita Eric yishe mugenzi we Bampire Françoise amuteye icyuma mu Murenge wa Masaka, Akarere ka Kicukiro.
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ikiganiro intumwa ye yagiranye na Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya cyari cyiza kuko cyatanze icyizere cyo guhagarika intambara...