Manchester City ishobora gukurwaho amanota 100, nyuma y’urubanza rw’ikinyejana hagati yayo na Premier League iyishinja kurenga ku mategeko agena ikoreshwa ry’umutungo inshuro 115.
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, cyatangaje ko kitazongera kwakira abihinduje igitsina mu ngabo, ndetse ko n’abari bafite gahunda yo kubikora bakumiriwe.
Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda, yatangaje ko u Rwanda rutigeze rutera Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse ko nta na gahunda yo kubikora rufite, bitandukanye...
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu wigaruriye Umujyi wa Bukavu wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kuwirukanamo ihuriro ry’ingabo za Leta RDC nta mirwano ibayeho.
Umugaba Mukuru w’Ingabo z’umutwe wa M23, Général-Major Sultani Makenga, ku wa Kane yasuye abasirikare bo mu ngabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu kwezi gushize bishyikirije...
Umutwe wa M23 watangaje ko wafashe Umujyi wa Kavumu uherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Perezida Paul Kagame yageze i Addis Abeba muri Ethiopia kuri uyu wa 14 Gashyantare 2025, mu nama isanzwe ya 38 y’abakuru b’ibihugu na za guverinoma y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU).
Ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 14 Gashyantare ryakwiye imishwaro rihunga ikibuga cy’indege cya Kavumu cy’i Bukavu.