Ikirunga cya Nyamulagira kiri mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo cyongeye kuruka, icyakora nta ngaruka iri ruka ryagize ku batuye mu Mujyi wa Goma no mu nkengero zawo.
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Werurwe, abadepite bagaragaje impungenge z’icyifuzo cya guverinoma cyo gushyiraho umusoro wa 15% ku bikomoka kuri peteroli, baburira ko bishobora kongera igiciro...
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 18 Werurwe 2025, ubuyobozi bwa Trump bwasohoye inyandiko ibihumbi n’ibihumbi zari zaragizwe ibanga ku bijyanye n’iyicwa ry’uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za...