Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yatangaje ko hagomba kubaho amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko vuba kugira ngo ashobore guhangana na Perezida wa Amerika, Donald Trump ushaka...
Visi Minisitiri w’Intebe wa RDC akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi, Jean-Pierre Bemba, yongeye kwifatira ku gahanga Joseph Kabila wahoze ari Perezida, avuga ko atari Umunyekongo ahubwo akomoka ku...
Ikipe y’Igihugu ya Portugal yatsinze Denmark muri ¼ cya UEFA Nations League, ibona itike yo kuzahura n’u Budage bwakuyemo u Butaliyani. Undi mukino wa ½ ni uzahuza u Bufaransa bwakuyemo Croatia na...
Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru The Great Lakes Eye aravuga ko ku itariki ya 17 Werurwe, Guverinoma y’u Bubiligi yohereje ingabo, ibifaru na drone muri DRC kugira ngo zitoze kandi zongere ingufu...
Leta ya Angola kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Werurwe, yatangaje ko yaretse inshingano yari imaze igihe ifite zo kuba umuhuza mu bibazo bimaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira...
Umudepite wo muri Kenya, Peter Salasya yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium ubwo yari yitabiriye umukino wahuje Kenya na Gabon mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kuri iki Cyumweru.
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kiratangaza ko nacyo kigiye kwirinda kugaba ibitero ku mutwe wa M23, nyuma y’aho uyu mutwe kuwa Gatandatu wemeye kuva ku bushake mu Mujyi...