skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Myanmar: Umutingito umaze guhitana abasaga 1000

Abasaga 1,000 bapfuye muri Myanmar, abandi babarirwa mu bihumbi barakomereka, nyuma y’umutingito w’isi wo ku gipimo cya magnitude ya 7.7 wibasiye iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo ashyira...
30 March 2025 Yasuwe: 293 0

Ibimenyetso bikwereka ko ukeneye gusezera akazi

Umwanzuro wo guhagarika inshingano runaka wigeze kukuzamo? Hari habaye iki? Wabishobojwe n’iki? Kumvira umutimanama wawe? Ntuvunike unsubiza kuko hari ibimenyetso bikwereka ko igihe gikwiye kigeze...
29 March 2025 Yasuwe: 1922 0

RIB yafunze umusore ukekwaho kwica mugenzi we bapfuye 300 Frw

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga bwashyikirije Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) umusore w’imyaka 27 ukekwaho kwica mugenzi we w’imyaka 19 bapfuye amafaranga 300 Frw.
29 March 2025 Yasuwe: 1202 0

Sudani y’Epfo: UPDF iravugwaho kurasa inyeshyamba ikoresheje intwaro z’ubumara

Igisirikare cya Uganda (UPDF), cyateye utwatsi amakuru ashinja ingabo zacyo ziri muri Sudani y’Epfo gukoresha intwaro z’ubumara.
29 March 2025 Yasuwe: 1319 0

Lt. Col Willy Ngoma yahawe akabyiniriro n’abasirikare ba SADC

Umuvugizi w’Igisirikare cya M23, Lt. Col Willy Ngoma, yahawe izina ry’akabyiniriro n’abasirikare ba SADC bari muri RDC ubwo bahuraga na we.
29 March 2025 Yasuwe: 2965 0

M23 yemereye ingabo za SADC zaheze muri RDC gutahana n’intwaro zazo

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu wemeye ko uzafasha ingabo z’Umuryango wa SADC ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gutaha, zikajyana n’ibikoresho byazo birimo n’intwaro.
29 March 2025 Yasuwe: 687 0

Putin yateguje ko u Burusiya ‘buzamara’ abasirikare ba Ukraine

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yateguje ko u Burusiya buzamara abasirikare ba Ukraine mu gihe ibiganiro by’amahoro biyobowe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitagira icyo bigeraho.
28 March 2025 Yasuwe: 1004 0

Bangkok: Inyubako y’amagorofa 30 yagwiriye abantu 43 [Amafoto]

Ku wa Gatanu, inyubako y’amagorofa 30 yari ikiri kubakwa mu gace ka Chatuchak i Bangkok yahirimye nyuma y’umutingito ukomeye wari ku gipimo cya 7.7, aho yagwiriye abakozi 43.
28 March 2025 Yasuwe: 827 0

Umupolisi wa kabiri wa Kenya amaze kwicwa n’ibyigomeke byo muri Haiti

Umukozi w’ingabo z’amahanga zoherejwe muri Haiti kurwanya imitwe yitwaje intwaro, Bénédict Kabirou yapfiriye mu gico cyari cyatezwe n’agatsiko mu gace ka Artibonite mu ntangiriro z’icyumweru. Ni...
28 March 2025 Yasuwe: 476 0

Zelensky yashinje intumwa ya Trump kubogamira ku Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje intumwa yihariye ya Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Steve Witkoff, kubogamira ku Burusiya.
28 March 2025 Yasuwe: 435 0