Abahanga mu mitekerereze bavuga ko kwisobanukirwa ubwabyo atari ikintu cyoroshye mu buzima bw’umuntu, gusa hari ibihe bagaragaza umuntu acamo ntibimukundire ko yigaragaza kwa kundi ahora ashaka ko...
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni yateye inkunga igitaramo cy’umuhanzi The Ben kizabera i Kampala ku wa 17 Gicurasi 2025 muri Kampala Serena Hotel.
Umubiri wa Jean Lambert Gatare uherutse kwitaba Imana aguye mu Buhinde, wagejejwe mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa 24 Werurwe 2025, wakirwa n’abo mu muryango we mbere y’uko ujyanwa mu buruhukiro.
Minisitiri w’Intebe wa Canada, Mark Carney, yatangaje ko hagomba kubaho amatora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko vuba kugira ngo ashobore guhangana na Perezida wa Amerika, Donald Trump ushaka...
Visi Minisitiri w’Intebe wa RDC akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi, Jean-Pierre Bemba, yongeye kwifatira ku gahanga Joseph Kabila wahoze ari Perezida, avuga ko atari Umunyekongo ahubwo akomoka ku...
Ikipe y’Igihugu ya Portugal yatsinze Denmark muri ¼ cya UEFA Nations League, ibona itike yo kuzahura n’u Budage bwakuyemo u Butaliyani. Undi mukino wa ½ ni uzahuza u Bufaransa bwakuyemo Croatia na...
Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru The Great Lakes Eye aravuga ko ku itariki ya 17 Werurwe, Guverinoma y’u Bubiligi yohereje ingabo, ibifaru na drone muri DRC kugira ngo zitoze kandi zongere ingufu...
Leta ya Angola kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Werurwe, yatangaje ko yaretse inshingano yari imaze igihe ifite zo kuba umuhuza mu bibazo bimaze igihe hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira...