Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yateguje ko u Burusiya buzamara abasirikare ba Ukraine mu gihe ibiganiro by’amahoro biyobowe na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bitagira icyo bigeraho.
Ku wa Gatanu, inyubako y’amagorofa 30 yari ikiri kubakwa mu gace ka Chatuchak i Bangkok yahirimye nyuma y’umutingito ukomeye wari ku gipimo cya 7.7, aho yagwiriye abakozi 43.
Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yashinje intumwa yihariye ya Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Steve Witkoff, kubogamira ku Burusiya.
Kenya yohereje uwahoze ari Minisitiri w’Intebe, Raila Odinga, muri Sudani y’Epfo nk’intumwa idasanzwe yo gufasha guhosha amakimbirane yongeye kubura hagati ya Perezida Salva Kiir na mukeba we umaze...
Abacukuzi ba zahabu babiri bapfuye abandi batatu barakomereka bikabije mu myitozo ya gisirikare yakorwaga n’Imbonerakure, Urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi, CNDD-FDD. Ibi byabereye...