skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Murangwa yavuze uburyo Rusesabagina yitiriwe ibikorwa by’abandi mu kurokora Abatutsi muri Jenoside

Uwahoze ari umukinnyi wa Rayon Sports, Murangwa Eric Eugène, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yavuze ko ibivugwa kuri Paul Rusabagina, ko yarokoye Abatutsi benshi bari bahungiye muri...
10 April 2025 Yasuwe: 218 0

Abakozi ba RRA n’aba OAG bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 9 Mata 2025, abakozi b’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) n’ab’Ibiro by’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta (OAG) bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
10 April 2025 Yasuwe: 257 0

EU yashyiriyeho umusoro wa 25% ibicuruzwa biva muri Amerika

Ibihugu bigize umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) bashyiriyeho ibicuruzwa biva muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umusoro wa 25% mu rwego rwo kwihorera.
10 April 2025 Yasuwe: 161 0

Perezida Kagame yakiriye abayobozi ba Teleperformance

Perezida Paul Kagame yakiriye abayobozi bakuru b’ikigo Teleperformance, gitanga serivisi zifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano (AI).
9 April 2025 Yasuwe: 320 0

Umunsi u Bufaransa bumenya umugambi wo kurimbura Abatutsi bukaryumaho

Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abapfobya, abahakana n’abandi bafite umugambi wo gushinyagurira abarokotse, bakunze kwitwaza ko Jenoside itateguwe.
9 April 2025 Yasuwe: 478 0

Centrafrique: Amb. Olivier Kayumba yagaragaje uko Ababiligi bateguye Jenoside yakorewe Abatutsi

Ambasaderi w’u Rwanda muri Centrafrique, Olivier Kayumba, yatangaje ko u Bubiligi bwageze mu Rwanda bushyiraho politike ishingiye ku macakubiri n’ubutegetsi bushingiye ku moko ari na byo byagejeje...
9 April 2025 Yasuwe: 210 0

Uko umugore wa Ndayishimiye yafungishije Umunyarwanda wacuruzaga ibikomoka kuri peteroli i Bujumbura

Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yategetse ko Dushimirimana Protais, umushoramari w’Umunyarwanda wakoraga ubucuruzi bw’ikomoka kuri peteroli i Bujumbura no mu bindi bice...
9 April 2025 Yasuwe: 1056 0

U Bushinwa bugiye kugerera Amerika mu kebo k’imisoro yabugereyemo

Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko igiye kongera kuzamurira ibicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umusoro wa 50% mu rwego rwo kwihorera.
9 April 2025 Yasuwe: 355 0

Intumwa yihariye ya Donald Trump yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu byerekeye Umugabane wa Afurika, Massad Boulos, ari kumwe n’itsinda rye basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali...
9 April 2025 Yasuwe: 369 0

Kenya: Uwari Visi perezida arashinja Ruto gukorana na M23 na RSF yo muri Sudani

Uwahoze ari Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yavuze ko ubuyobozi bwa Perezida William Ruto ari “guverinoma y’ubucuruzi,” ayishinja amakosa ya diplomasi no kungukira mu makimbirane yo mu...
9 April 2025 Yasuwe: 622 0