Uwahoze ari umukinnyi wa Rayon Sports, Murangwa Eric Eugène, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yavuze ko ibivugwa kuri Paul Rusabagina, ko yarokoye Abatutsi benshi bari bahungiye muri...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 9 Mata 2025, abakozi b’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA) n’ab’Ibiro by’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta (OAG) bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ibihugu bigize umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi (EU) bashyiriyeho ibicuruzwa biva muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umusoro wa 25% mu rwego rwo kwihorera.
Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, abapfobya, abahakana n’abandi bafite umugambi wo gushinyagurira abarokotse, bakunze kwitwaza ko Jenoside itateguwe.
Ambasaderi w’u Rwanda muri Centrafrique, Olivier Kayumba, yatangaje ko u Bubiligi bwageze mu Rwanda bushyiraho politike ishingiye ku macakubiri n’ubutegetsi bushingiye ku moko ari na byo byagejeje...
Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yategetse ko Dushimirimana Protais, umushoramari w’Umunyarwanda wakoraga ubucuruzi bw’ikomoka kuri peteroli i Bujumbura no mu bindi bice...
Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko igiye kongera kuzamurira ibicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umusoro wa 50% mu rwego rwo kwihorera.
Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu byerekeye Umugabane wa Afurika, Massad Boulos, ari kumwe n’itsinda rye basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali...
Uwahoze ari Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yavuze ko ubuyobozi bwa Perezida William Ruto ari “guverinoma y’ubucuruzi,” ayishinja amakosa ya diplomasi no kungukira mu makimbirane yo mu...