Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, agiye kohereza Massad Boulos usanzwe ari Umujyanama we, mu bihugu birimo u Rwanda, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kenya na Uganda.
Perezida w’inteko y’Intara ya Tshopo, Mattheus Kanga Londimo, yatangije icyifuzo cyo kuba maso no kugira ubumwe mu gihe hari ibibazo by’umutekano. Hari ku wa Mbere Werurwe 31, ubwo hafungurwaga...
Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yategetse ko Abanyamerika bakatiwe urwo gupfa nyuma yo guhamywa icyaha cyo kugerageza kumukorera coup d’état...
Amakuru aturuka ku ruhande rwa leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ndetse n’urw’umutwe wa M23, aravuga ko nta gihindutse impande zombi zizahurira mu biganiro ku wa 09 Mata 2025.
Hashize iminsi havugwa ikibazo cy’imicungire y’amakoperative n’imiyoborere yayo mu makoperative yo mu Rwanda kuburyo n’abanyamuryango bagiye bashinja bamwe mu bayayobora gucunga nabi no kunyereza...
Ikigo gishinzwe iby’indege za gisivili mu Bushinwa (CAAC) cyemeje ibyemezo by’indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa tagisi ziguruka bwa mbere, nk’uko byatangajwe na South Morning Post (SCMP)....