Joseph-Stéphane Mukumadi wahoze ari Guverineri w’Intara ya Sankuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko yamaze kujya mu mutwe wa M23.
Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasubiye mu mujyi wa Walikale nyuma yo gusubira inyuma kw’ingabo za M23 zari zimaze iminsi ziwugenzura.
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizimana Jean Damascene yanyomoje abarimo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Felix Antoine...
Nsengiyumva Justin wo mu Murenge wa Nkotsi, Akagari ka Mubago, Umudugudu wa Buhamo, Akarere ka Musanze, avuga ko ababajwe no kuba yarabyutse agasanga insina ze yari yarateye mu mirima igera kuri...
Perezida Kagame yavuze ko hari ibintu bitatu bikwiriye kwitabwaho mu kubyaza umusaruro ubwenge bw’ubukorano (AI) ku Mugabane wa Afurika, birimo kubaka ibikorwaremezo birimo nka internet yihuta.
Ubwami bw’u Bwongereza bushobora guhabwa kwakira Igikombe cy’Isi cy’Abagore mu 2035 nyuma y’uko kuri uyu wa Kane, Perezida wa FIFA, Gianni Infantino, yavuze ko ari cyo gihugu cyatanzwe ubusabe...