Perezida Paul Kagame yagaragaje ko hari igihugu cyigeze gukanga Dr. Bizimana Jean Damascène, umaze igihe ashyira hanze ubushakashatsi ku ruhare rw’amahanga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994...
Umuryango wa Afurika Yunze wagaragaje ko ushyigikiye icyifuzo cya João Lourenço wa Angola ko Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé amusimbura ku mwanya w’umuhuza mu biganiro bihuza u Rwanda...
Iran yaburiye ibihugu by’ibituranyi, by’umwihariko ibifite ibirindiro bya gisirikare bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibisaba kutazahirahira byemera ko ubutaka bwabyo bukoreshwa na Amerika mu...
Ibihumbi n’ibihumbi by’abantu n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili kuva ejo kuwa Gatandatu i Kinshasa, mu murwa Mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’umwuzure ukomeye.
Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko atewe impugenge n’ibyemezo bya Politiki bigenda bishyirwaho na Donald Trump kuva yatorerwa kuyobora iki gihugu ku nshuro ya...
Umusizi akaba n’umuhanzi w’imideli, Essy Williams, yahakanye amakuru avuga ko yaba ari mu rukundo na Nel Ngabo. Yatangaje ko ari inshuti ye isanzwe, ariko ko afite undi musore bari mu rukundo...
Ku wa Gatandatu, itariki 5 Mata, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe y’Ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko arimo gufata ingamba zo gukuraho visa zose zifitwe n’abafite...