skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Hatangajwe ko Putin yiteguye guhagarika intambara muri Ukraine

Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida w’u Burusiya, Dmitry Peskov, yatangaje ko Perezida w’icyo gihugu, Vladimir Putin, yiteguye kwinjira mu biganiro bishobora gushyiraho ibihe by’ahahenge mu ntambara iri...
7 April 2025 Yasuwe: 527 0

Perezida Kagame yavuze ku iterabwoba ryashyizwe kuri Minisitiri Bizimana kubera amateka ya Jenoside yavuze

Perezida Paul Kagame yagaragaje ko hari igihugu cyigeze gukanga Dr. Bizimana Jean Damascène, umaze igihe ashyira hanze ubushakashatsi ku ruhare rw’amahanga muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994...
7 April 2025 Yasuwe: 732 0

Bibaye ari byo tuba twarakize nkamwe - Perezida Kagame ku bashinja u Rwanda kwiba amabuye muri RDC

Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rutiba amabuye y’agaciro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ashimangira ko iyo rubikora, ruba rukize nka bimwe mu bihugu birushinja kuyiba.
7 April 2025 Yasuwe: 336 0

U Bubiligi bwashatse kwikura mu isoni ku mpamvu bwatereranye Abatutsi

Leta y’u Bubiligi yagerageje kwikura mu isoni ku mpamvu yatereranye Abatutsi ubwo bakorerwaga Jenoside kuva muri Mata kugeza muri Nyakanga 1994.
7 April 2025 Yasuwe: 760 0

AU yashyigikiye ko Perezida Faure Gnassingbé aba umuhuza mu biganiro bya RDC n’u Rwanda

Umuryango wa Afurika Yunze wagaragaje ko ushyigikiye icyifuzo cya João Lourenço wa Angola ko Perezida wa Togo, Faure Essozimna Gnassingbé amusimbura ku mwanya w’umuhuza mu biganiro bihuza u Rwanda...
7 April 2025 Yasuwe: 371 0

Iran iri kwitegura igitero ishobora kugabwaho na Amerika

Iran yaburiye ibihugu by’ibituranyi, by’umwihariko ibifite ibirindiro bya gisirikare bya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ibisaba kutazahirahira byemera ko ubutaka bwabyo bukoreshwa na Amerika mu...
7 April 2025 Yasuwe: 513 0

Kinshasa: Abantu ibihumbi n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili kuva kuwa Gatandatu

Ibihumbi n’ibihumbi by’abantu n’imodoka baheze ku kiraro cya N’djili kuva ejo kuwa Gatandatu i Kinshasa, mu murwa Mukuru wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma y’umwuzure ukomeye.
6 April 2025 Yasuwe: 2580 0

Obama yanenze ibyemezo Trump akomeje gufata kuva yasubira ku butegetsi

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko atewe impugenge n’ibyemezo bya Politiki bigenda bishyirwaho na Donald Trump kuva yatorerwa kuyobora iki gihugu ku nshuro ya...
6 April 2025 Yasuwe: 639 0

Essy Williams yigaramye ibyo gukundana na Nel Ngabo

Umusizi akaba n’umuhanzi w’imideli, Essy Williams, yahakanye amakuru avuga ko yaba ari mu rukundo na Nel Ngabo. Yatangaje ko ari inshuti ye isanzwe, ariko ko afite undi musore bari mu rukundo...
6 April 2025 Yasuwe: 497 0

Amerika irateganya kwambura no kwima visa Abanyasudani y’Epfo bose

Ku wa Gatandatu, itariki 5 Mata, Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe y’Ububanyi n’amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko arimo gufata ingamba zo gukuraho visa zose zifitwe n’abafite...
6 April 2025 Yasuwe: 401 0