skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Museveni yasabye abasirikare b’Abarundi kugendera kure politike y’amoko

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yasabye abasirikare b’Abarundi kugendera kure politike y’ivanguramoko, ahubwo bagashyira imbere ubumwe n’iterambere mu bukungu.
14 April 2025 Yasuwe: 808 0

Burundi: Imirambo ibiri y’abambaye impuzankano ya gisirikare yabonetse yarangiritse

Polisi yo muri Komine Rugombo mu Ntara ya Cibitoke yatangaje ko yabonye imirambo y’abantu babiri bambaye impuzankano z’igisirikare cy’u Burundi yaratangiye kwangirika bahita bayishyingura hadakozwe...
14 April 2025 Yasuwe: 279 0

Kigali: Imvura idasanzwe yahitanye babiri, isenya inzu 27

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel yatangaje ko imvura idasanzwe yaguye kuva ku wa 10 kugeza ku wa 13 Mata 2025 yahitanye abantu babiri isenya inzu nyinshi kandi ifunga imihanda...
14 April 2025 Yasuwe: 433 0

Gabon: Brice Clotaire Oligui Nguema wahiritse Ali Bongo ku butegetsi, yatorewe kumusimbura

Gen Brice Clotaire Oligui Nguema uyoboye ubutegetsi bw’igisirikare bwari buyoboye Gabon mu nzibacyuho nyuma yo guhirika Ali Bongo ku wa 30 Kanama 2023, yatorewe kuba Perezida w’icyo gihugu.
13 April 2025 Yasuwe: 324 0

Perezida wa Sena yasobanuye ko kwibuka abanyapolitiki ari ukwibuka amateka yoretse u Rwanda

Dr Kalinda François Xavier (hagati) hamwe n’abandi bayobozi bakuru mu gusoza icyumweru cy’icyunamo
13 April 2025 Yasuwe: 339 0

Ukraine yashinje u Burusiya igitero cyaguyemo abarenga 30

Inzego z’Ubuyobozi muri Ukraine zatangaje ko abantu 32 baguye mu gitero cyagabwe n’u Burusiya, abandi 84 barimo abana 10 barakomereka.
13 April 2025 Yasuwe: 383 0

Ishyaka Chadema ritavuga rumwe n’ubutegetsi muri Tanzania ryakumiriwe mu matora ya Perezida

Komisiyo y’Amatora muri Tanzania, yatangaje ko yahagaritse Chadema, ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi, kuzitabira amatora y’Umukuru w’Igihugu n’ay’Abadepite ateganyijwe mu Ukwakira 2025.
13 April 2025 Yasuwe: 363 0

Yanagurishije inzu ya Leta yari i Paris: Ubundi bujura bwa Ndagijimana wari Umudipolomate w’u Rwanda

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean-Damascène Bizimana, yavuze ko Ndagijimana Jean Marie Vianney wiyita umunyapolitiki uharanira uburenganzira bwa muntu, yibye...
13 April 2025 Yasuwe: 845 0

Ngoma: Abantu 11 batawe muri yombi bakekwaho kwica umwana w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanya

Abo bantu 11 bari hagati y’imyaka 14 na 39, bose barakekwaho kwica umwana w’imyaka 15 nyuma yo kumusambanyiriza aho yari yagiye kwahira ubwatsi bw’amatungo.
13 April 2025 Yasuwe: 733 0

Igitero cy’indege cya Israel cyasenye igice cy’ibitaro bya nyuma bigikora muri Gaza

Igitero cy’indege cya Israel cyasenye igice cy’Ibitaro by’Ababatista bya Al-Ahli, ari nabyo bisigaye bikora mu Karere ka Gaza.
13 April 2025 Yasuwe: 302 0