skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Uko umugore wa Ndayishimiye yafungishije Umunyarwanda wacuruzaga ibikomoka kuri peteroli i Bujumbura

Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yategetse ko Dushimirimana Protais, umushoramari w’Umunyarwanda wakoraga ubucuruzi bw’ikomoka kuri peteroli i Bujumbura no mu bindi bice...
9 April 2025 Yasuwe: 1055 0

U Bushinwa bugiye kugerera Amerika mu kebo k’imisoro yabugereyemo

Guverinoma y’u Bushinwa yatangaje ko igiye kongera kuzamurira ibicuruzwa bituruka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika umusoro wa 50% mu rwego rwo kwihorera.
9 April 2025 Yasuwe: 354 0

Intumwa yihariye ya Donald Trump yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali

Umujyanama Mukuru wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu byerekeye Umugabane wa Afurika, Massad Boulos, ari kumwe n’itsinda rye basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali...
9 April 2025 Yasuwe: 369 0

Kenya: Uwari Visi perezida arashinja Ruto gukorana na M23 na RSF yo muri Sudani

Uwahoze ari Visi Perezida wa Kenya, Rigathi Gachagua, yavuze ko ubuyobozi bwa Perezida William Ruto ari “guverinoma y’ubucuruzi,” ayishinja amakosa ya diplomasi no kungukira mu makimbirane yo mu...
9 April 2025 Yasuwe: 622 0

Ibisabwa na AFC / M23 mbere y’imishyikirano iyo ari yo yose na Kinshasa

Nk’uko byatangajwe n’Umunyamakuru wigenga ukora inkuru zicukumbuye, Steve Wembi, Ihuriro rya AFC/M23 haba hari ibyo risaba mbere yo kugirana imishyikirano iyo ari yo yose na Guverinoma ya...
9 April 2025 Yasuwe: 1371 0

Perezida Museveni yageneye buri mudepite wa Uganda miliyoni 100 z’Amashilingi

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yageneye buri wese mu bagize Inteko Ishinga Amategeko y’icyo gihugu miliyoni 100 z’Amashilingi ya Uganda.
9 April 2025 Yasuwe: 649 0

Afurika yatangiye gutaka kubera imisoro ya Trump

Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) wagaragaje ko ubabajwe n’imisoro Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yashyiriyeho ibihugu byinshi byo kuri uyu mugabane.
9 April 2025 Yasuwe: 372 0

AMAFOTO: Kim Jong Un yerekanye ubuhanga bwe mu kurasa n’intwaro zikomeye z’igihugu cye

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yagaragaje ko ashoboye kurasisha intwaro zikomeye igihugu cye gifite zirimo imbunda za ba mudahusha n’izindi zikoreshwa n’abasirikare bo mu mutwe w’ingabo...
9 April 2025 Yasuwe: 502 0

KWIBUKA31: Abari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro bibutse Jenoside yakorewe Abatutsi

Abapolisi n’ingabo z’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) na Sudani y’Epfo (UNMISS), ku wa Mbere tariki ya 7 Mata,...
9 April 2025 Yasuwe: 141 0

Joseph Kabila agiye kuva mu buhungiro, yaba agiye kwihuza na M23

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko agiye kugaruka muri iki gihugu nyuma y’umwaka yarahunze.
9 April 2025 Yasuwe: 482 0