Inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa SADC, kuri uyu wa Kane yashyize iherezo ku butumwa ingabo z’uyu muryango zari zimazemo igihe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Minisitiri w’Ingabo wa Israel, Israel Katz, yatangaje ko ingabo zayo zigomba kwitegura kuguma mu majyepfo ya Syria, no kurinda umutekano muri ako gace ku buryo ibyahungabanya umutekano bihashira.
Leta y’u Bushinwa yatangaje ko mu 2025 izakoresha ingengo y’imari mu bya gisirikare yiyongereyeho 7,2% ku yakoreshejwe umwaka ushize. Bizuve ko hazakoreshwa miliyari 1,784 z’ama-yuan [hafi miliyari...
Perezida Tshisekedi, yagize Karawa Dengamo guverineri wungirije w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru kugirango yongere imbaraga zo guhangana na M23 kugeza ubu ifite mu maboko iyi ntara.
Rutahizamu w’Umunyarwanda, Gitego Arthur yamaze kubona ikipe nshya nyuma yo gutandukana na AFC Leopards yo muri Kenya, aho yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri Clube Ferroviário de Beira yo muri...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ashobora gufatira u Burusiya ibindi bihano by’ubukungu kugeza igihe buzahagarika imirwano na Ukraine.