Umuraperi Sean Combs wamamaye nka P.Diddy yajyanye mu nkiko NBCUniversal, iheruka gukora filime igaragaza ko ari we wishe Kim Porter babyaranye, umaze imyaka irenga itandatu yitabye Imana.
Angola kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 Gashyantare 2025, yemeje ko mu mpera z’iki cyumweru izohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ingabo zo “gufasha mu bikorwa byo kugarura amahoro.”
Minisitiri w’intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko mu gihe umutwe wa Hamas uzaba utarekuye abantu wafashe bugwate bitarenze ku wa Gatandatu tariki 15 Gashyantare 2025, iby’agahenge...
Ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, bwashyizweho na M23, bwatangaje ko umupaka wa Grande Barrière uzwi nka ‘La Corniche’, uhuza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, n’u Rwanda,...