Dr William Samoei Ruto uyobora Kenya n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwemera imishyikirano n’umutwe...
Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yateguje ko abarwanyi bawo batazemera imyanzuro ibasaba kuva mu bice bagenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Perezida Paul Kagame yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yitabiriye inama idasanzwe ihuza imiryango ya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uw’ubukungu uhuza ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika...
Leta y’u Rwanda iri mu biganiro n’ikigo ‘Pharco Pharmaceuticals’ gisanzwe kizobereye mu bijyanye no gukora imiti cyane cyane mu Misiri aho gikomoka, bigamije ubufatanye ku mpande zombi no kureba...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, ku wa Kane yaciye amarenga y’uko iki gihugu cyaba kigiye gucyura abasirikare bacyo bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.