skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Museveni yasabye Tshisekedi kuganira na M23 imbonankubone

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yavuze ko ibiganiro hagati ya Perezida Tshisekedi n’abo bahanganye barimo umutwe wa M23, aricyo gisubizo kirambye cy’umwuka mubi mu gihugu cye.
8 February 2025 Yasuwe: 1468 0

Kwemera imishyikirano si ikimenyetso cy’intege nke - Perezida Ruto avuga ku kibazo cya RDC

Dr William Samoei Ruto uyobora Kenya n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), yasabye ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwemera imishyikirano n’umutwe...
8 February 2025 Yasuwe: 888 0

Hamas yarekuye izindi mbohe eshatu

Umutwe wa Hamas warekuye izindi mbohe eshatu mu rwego rwo kubahiriza amasezerano y’agahenge aherutse kwemeranywaho na Israel.
8 February 2025 Yasuwe: 427 0

M23 yateguje ko itazemera imyanzuro iyisaba kuva mu bice igenzura

Perezida w’umutwe witwaje intwaro wa M23, Bertrand Bisimwa, yateguje ko abarwanyi bawo batazemera imyanzuro ibasaba kuva mu bice bagenzura mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
8 February 2025 Yasuwe: 1232 0

Perezida Kagame yageze i Dar Es Salaam

Perezida Paul Kagame yageze i Dar es Salaam muri Tanzania, aho yitabiriye inama idasanzwe ihuza imiryango ya Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’uw’ubukungu uhuza ibihugu byo mu majyepfo ya Afurika...
8 February 2025 Yasuwe: 557 0

Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yamaganye Kayumba Nyamwasa

Ambasade y’u Rwanda muri Afurika y’Epfo yatangaje ko biteye inkeke kubona Kayumba Nyamwasa ushakishwa n’ubutabera kubera ibyaha akurikiranyweho, akomeje gukirwakwiza ibinyoma n’amakuru atari yo,...
7 February 2025 Yasuwe: 1825 0

M23 yashinje MONUSCO kurekura abasirikare ba FARDC n’abarwanyi ba FDLR 100

Umutwe witwaje intwaro wa M23 washinje ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO) kurekura abasirikare ba RDC n’abarwanyi...
7 February 2025 Yasuwe: 1558 0

U Rwanda ruri mu biganiro n’ikigo cyo mu Misiri bishobora gusiga rubonye uruganda rukora imiti

Leta y’u Rwanda iri mu biganiro n’ikigo ‘Pharco Pharmaceuticals’ gisanzwe kizobereye mu bijyanye no gukora imiti cyane cyane mu Misiri aho gikomoka, bigamije ubufatanye ku mpande zombi no kureba...
7 February 2025 Yasuwe: 387 0

Ramaphosa yaciye amarenga y’uko yaba agiye gucyura ingabo za SANDF ziri muri RDC

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo, ku wa Kane yaciye amarenga y’uko iki gihugu cyaba kigiye gucyura abasirikare bacyo bari mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
7 February 2025 Yasuwe: 827 0

Ukraine yakiriye inkunga nshya y’indege z’indwanyi y’ u Bufaransa n’u Buholandi

Perezida Zelenskyy avuga ko itsinda rya mbere ry’indege z’intambara z’Abafaransa zo mu bwoko bwa Mirage ryageze muri Ukraine. Indege z’Abafaransa ngo zahinduwe kugira ngo zihuze n’imiterere...
7 February 2025 Yasuwe: 627 0