Umujyanama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu by’umutekano, Mike Waltz, yatangaje ko Amerika ibona Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, atagikwiriye kuyobora igihugu hagendewe ku bihe kirimo.
Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yatangaje ko Perezida wa Ukraine, Volodymir Zelensky agomba gusaba imbabazi kubera ko yangije ibiganiro byari...
Abayobozi batari bake mu nzego z’Igisirikare cyangwa izifite aho zihuriye nacyo mu Bushinwa, bamaze kugenda mu nkubiri yo kurwanya ruswa ikomeje muri uru rwego.
Nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu itariki 01 Werurwe 2025, umutwe wa M23 ushyikirije u Rwanda abarwanyi ba FDLR wafatiye ku rugamba barimo General Ezechiel Gakwerere ukurikiranweho ibyaha bya...