skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Amerika ntigishaka Perezida Zelensky ku butegetsi

Umujyanama wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu by’umutekano, Mike Waltz, yatangaje ko Amerika ibona Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, atagikwiriye kuyobora igihugu hagendewe ku bihe kirimo.
3 March 2025 Yasuwe: 606 0

U Burayi buri mu mugambi wo kongera kugura gaz iturutse mu Burusiya

Nyuma y’imyaka itatu y’ibihano, ibihugu by’u Burayi biri kugenzura uburyo byakongera kugura gaz ituruka mu Burusiya, nka kimwe mu bishobora kuganirwaho mu rwego rwo guhagarika intambara imaze...
3 March 2025 Yasuwe: 361 0

Canada ishobora kohereza abasirikare muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Tredeau, yaciye amarenga ko igihugu ayoboye gishobora kohereza ingabo muri Ukraine mu rwego rwo gufasha icyo gihugu, nyuma y’igihe gito u Bwongereza nabwo...
3 March 2025 Yasuwe: 189 0

Abagore ntibakunda abagabo b’abana beza

Hari imyumvire ivuga ko abagabo b’abana beza (nice guys) bakunze kugira ibibazo mu rukundo kuko hari imyitwarire ibatandukanya n’abagabo bifitiye icyizere cyangwa badatinya gufata ibyemezo bamwe...
2 March 2025 Yasuwe: 1801 0

Safari Christine wayoboraga Ibuka-Hollande yitabye Imana

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yatangaje ko Safari Christine wayoboraga Ibuka mu Buholandi (Ibuka-Hollande) yitabye Imana, anihanganisha umuryango we.
2 March 2025 Yasuwe: 804 0

Perezida Zelensky ’wishe ibiganiro na Trump’ yategetswe gusaba imbabazi

Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Marco Rubio yatangaje ko Perezida wa Ukraine, Volodymir Zelensky agomba gusaba imbabazi kubera ko yangije ibiganiro byari...
2 March 2025 Yasuwe: 695 0

Polisi yamaze impungenge abafite impushya zo gutwara imodoka za ‘automatique’ bifuza iza ‘manuel’

Polisi y’u Rwanda Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda yatangaje ko abafite impushya zo gutwara ibinyabiziga bya ‘automatique’ bemerewe gukorera izindi ‘categories’ zibemerera gutwara imodoka...
2 March 2025 Yasuwe: 487 0

Israel yahagaritse kwinjiza imfashanyo muri Gaza

Ibiro bya Minisitiri w’Intebe Benjamin Netanyahu byatangaje ko Israel ihagarika kwinjiza inkunga y’ibanze mu karere ka Gaza guhera kuri iki Cyumweru.
2 March 2025 Yasuwe: 283 0

China: Abasirikare bakuru basaga 10 bamaze guhagarikwa kubera ruswa

Abayobozi batari bake mu nzego z’Igisirikare cyangwa izifite aho zihuriye nacyo mu Bushinwa, bamaze kugenda mu nkubiri yo kurwanya ruswa ikomeje muri uru rwego.
2 March 2025 Yasuwe: 224 0

FARDC yise General Gakwerere wa FDLR umukozi w’u Rwanda

Nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu itariki 01 Werurwe 2025, umutwe wa M23 ushyikirije u Rwanda abarwanyi ba FDLR wafatiye ku rugamba barimo General Ezechiel Gakwerere ukurikiranweho ibyaha bya...
2 March 2025 Yasuwe: 1517 0