Kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Gashyantare 2025, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yayoboye inama y’abaminisitiri ya mbere y’iyi manda ye. Mu byo yibanzeho harimo kugabanya...
Umutwe wa M23 wemeje ko Gén. Ntawunguka Pacifique Alias Omega wahoze ari Umuyobozi w’igisirikare cy’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda (FDLR-FOCA) atakiriho.
Abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo bakomeje guhanganira muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.
Inkuru yacu twahisemo ko itangirira mu mujyi wa Kigali aho Diane na Kevin bahuriye bwabere. Diane yari umukobwa w’umunyabwenge kandi wiyubaha, naho Kevin yari umuhungu w’umugwaneza kandi utuje....
Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (MLS), yahannye Lionel Messi na Luis Suárez kubera imyitwarire yabo mibi ku bandi bakinnyi bo muri iyi shampiyona.