skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Gen. Muhoozi yateguje itabwa muri yombi ry’Abacanshuro basigaye muri RDC

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko hari abacanshuro b’abazungu 150 kuri ubu bari mu mujyi wa Bukavu; ateguza ko na bo bazatabwa muri yombi.
4 February 2025 Yasuwe: 1158 0

Tanzania: Wema Sepetu yagowe no kwakira ko atazabyara

Icyamamare mu gukina filimi muri Tanzania, Wema Sepetu, yahishuye ibihe bigoye yanyuzemo ashaka urubyaro, ariko mu myaka myinshi ishize agerageza bikaba byaranze nk’uko abivuga agira ati...
4 February 2025 Yasuwe: 647 0

Pallaso yakiriye agakiza

Umuhanzi Pallaso uri mu bakomeye muri Uganda yagaragaye ari gusengerwa, agaragaza ko yakiriye Yesu nk’Umwami n’Umukiza.
4 February 2025 Yasuwe: 324 0

M23 yahagaritse imirwano kubera ibikorwa by’ubutabazi

Umutwe wa M23 watangaje ko wafashe agahenge mu rwego rwo korohereza abakeneye ubutabazi kugira ngo babuhabwe.
4 February 2025 Yasuwe: 625 0

Perezida Macron yavuze ko u Burayi bwiteguye guhangana n’imisoro Trump ashaka kubushyiriraho

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko Amerika niramuka izamuye imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu by’u Burayi, na byo bigomba kwiyubahisha bigafata ingamba zo kuzamura imisoro ku...
4 February 2025 Yasuwe: 173 0

Nyamwasa yagambaniye igihugu kubera umururumba - Gen. Kabarebe

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Jenerali James Kabarebe yagaye imyifatire ya Kayumba Nyamwasa, avuga ko nta mutima wo gukunda igihugu afite, ahubwo ashyize imbere...
3 February 2025 Yasuwe: 1284 0

Amerika yateguje kongera umusoro ku bicuruzwa biva muri EU

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ashobora kongera umusoro ku bicuruzwa biva bihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), icyakora avuga ko u Bwongereza...
3 February 2025 Yasuwe: 541 0

Perezida Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije Trump

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko igihugu cye leta ayoboye nta butaka yigeze ifatira.
3 February 2025 Yasuwe: 1424 0

Zelensky yigaramye miliyari 200$ Trump avuga ko Amerika yahaye igihugu cye

Perezida Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko atazi aho Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuye iby’uko iki gihugu cyahaye Ukraine inkunga ya miliyari 200$, avuga ko niba...
3 February 2025 Yasuwe: 522 0

Ukraine: Abafite uburwayi bwo mu mutwe bari kwinjizwa mu gisirikare

Igisirikare cya Ukraine cyatangiye kwakira abantu bafite uburwayi bwo mu mutwe (Paranoid Schizophrenia) kubera umubare w’abinjira mu gisirikare cy’iki gihugu ukomeje kugabanyuka.
3 February 2025 Yasuwe: 388 0