Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko hari abacanshuro b’abazungu 150 kuri ubu bari mu mujyi wa Bukavu; ateguza ko na bo bazatabwa muri yombi.
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yavuze ko Amerika niramuka izamuye imisoro ku bicuruzwa biva mu bihugu by’u Burayi, na byo bigomba kwiyubahisha bigafata ingamba zo kuzamura imisoro ku...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, Jenerali James Kabarebe yagaye imyifatire ya Kayumba Nyamwasa, avuga ko nta mutima wo gukunda igihugu afite, ahubwo ashyize imbere...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ashobora kongera umusoro ku bicuruzwa biva bihugu byo mu Muryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), icyakora avuga ko u Bwongereza...
Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yasubije mugenzi we Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko igihugu cye leta ayoboye nta butaka yigeze ifatira.
Perezida Volodymyr Zelenskyy yatangaje ko atazi aho Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakuye iby’uko iki gihugu cyahaye Ukraine inkunga ya miliyari 200$, avuga ko niba...