skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Megan Fox yazinutswe Machine Gun Kelly baheruka gutandukana benda kubyarana

Megan Fox uzwi muri Sinema i Hollywood yazinutswe umuririmbyi Machine Gun Kelly, baheruka gutandukana benda kubyarana, ndetse bivugwa ko bigoranye kuvugana hagati yabo.
29 January 2025 Yasuwe: 291 0

Abandi basirikare 4 ba Afurika y’Epfo bishwe barwana na M23

Afurika y’Epfo yemeje ko abandi basirikare bayo bane bapfiriye mu ntambara ikomeje kubera mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bituma umubare w’abo imaze gupfusha kuva mu...
28 January 2025 Yasuwe: 1255 0

Israel yatahuye ko mu mbohe 33 zari kurekurwa harimo umunani zapfuye

Guverinoma ya Israel yatangaje ko urutonde rw’imbohe zafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas zagombaga kurekurwa mu cyiciro cya mbere ruriho abantu 33, ariko umunani muri bo bapfuye, mu gihe 25 gusa ari...
28 January 2025 Yasuwe: 362 0

USA: Perezida Trump yaciye amarenga y’uko Microsoft ishobora kugura TikTok

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ikigo cy’ikoranabuhanga cya Microsoft kiri mu biganiro n’urubuga nkoranyambaga rwa TikTok, ku buryo hari icyizere cy’uko bashobora...
28 January 2025 Yasuwe: 238 0

U Bubiligi bwatumijeho Ambasaderi wabwo muri RDC

Guverinoma y’u Bubiligi yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gutumiza by’agateganyo Ambasaderi wabwo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Roxane de Bilderling, nyuma y’aho urukiko rwa...
28 January 2025 Yasuwe: 803 0

AFCON 2025: Abaturanyi bisanze mu itsinda rimwe! Uko tombola yagenze

Nyuma ya tombola yakozwe igaragaza uko amakipe 24 azakina Igikombe cya Afurika 2025, yashyizwe mu matsinda atandatu, ibihugu by’ibituranyi bya Uganda na Tanzania, byisanze mu itsinda rimwe rya...
28 January 2025 Yasuwe: 791 0

U Rwanda na Guinea basinyanye amasezerano y’Ubufatanye

U Rwanda na Guinea- Conakry, kuri uyu wa mbere tariki ya 27 Mutarama 2025,basinyanye amasezrano y’ubufatanye mu by’umutekano.
28 January 2025 Yasuwe: 241 0

Al-Hilal yatandukanye na Neymar wayihombeye

Ikipe ya Al-Hilal yo mu Cyiciro cya Mbere muri Arabie Saoudite, yasheshe ku bwumvikane amasezerano yari ifitanye n’Umunya-Brésil Neymar.
28 January 2025 Yasuwe: 440 0

M23 yafashe ishami rya Goma rya Radiyo na Televiziyo y’igihugu

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wamaze kwigarurira ishami rya Radio na Televiziyo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RTNC), riherereye mu Mujyi wa Goma.
28 January 2025 Yasuwe: 932 0

Muyaya aravuga ko Umujyi wa Goma wigaruriwe n’Ingabo z’u Rwanda

Minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Leta ya RD Congo, Patrick Muyaya, yatangaje ubutumwa buvuga ko Umujyi wa Goma urimo abo yise “ingabo z’u Rwanda”mu gihe umutwe wa M23 watangaje ko...
27 January 2025 Yasuwe: 2972 0