skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

Nta mahoro twagira dushyira M23 ku ruhande - Umuyobozi w’Abasenyeri muri DRC

Umuyobozi w’Inama nkuru y’Abepisikopi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Mgr Donacien Nshole, aratangaza ko Igihugu cye kidashobora kugera ku mahoro arambye, igihe cyose gishyize imbere...
20 February 2025 Yasuwe: 750 0

Macron na Starmer batumiwe muri White House mu biganiro ku kibazo cya Ukraine

Umujyanama mu by’umutekano wa Amerika, Mike Waltz, yatangaje ko abayobozi bombi b’ibihugu by’i Burayi bazagira icyicaro ku meza y’imishyikirano nyuma y’uko abayobozi b’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi...
20 February 2025 Yasuwe: 333 0

Trump yise Zelensky umunyagitugu

Perezida wa Amerika, Donald Trump, yamaze umunsi yibasira Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, amwita “umunyagitugu” ndetse akomeza kuzamura umwuka usanzwe utari mwiza hagati y’abayobozi bombi.
20 February 2025 Yasuwe: 311 0

RDC: Drone yarashye mu birindiro bya Twirwaneho yiswe Col Makanika

Muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, umutwe w’Abarwanyi ba Twirwaneho batangaje ko akadege katagira abapilote (drone) karashe ku birindiro byabo biri mu gace ka Gakangara, muri Ngandja,...
20 February 2025 Yasuwe: 2325 0

Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine yahamije ko bakeneye amasasu badakeneye amatora

Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine, Ruslan Stefanchuk, yateye utwatsi abavuga ko Perezida wabo yarengeje manda bityo ko bagomba gukora amatora aho kuguma mu ntambara, ahamya ko icyo...
19 February 2025 Yasuwe: 416 0

Uwahoze ayobora Brésil yashinjwe kugerageza kwivugana Perezida Lula ashaka kuguma ku butegetsi

Ubushinjacyaha muri Brésil bwashinjije Jair Bolsonaro wabaye Perezida wa 38 w’icyo gihugu hagati ya 2019 na 2022, icyaha cyo gushaka guhirika ubutegetsi mu 2022, buvuga ko yari kubigeraho nyuma yo...
19 February 2025 Yasuwe: 201 0

Hamas yifuza kurekura imbohe zose za Israel icya rimwe

Umuvugizi w’Umutwe wa Hamas, Hazem Qassem, yatangaje ko uyu mutwe wifuza kurekura imbohe zose z’Abanya-Israel zikagenda inshuro imwe kugira ngo intambara ihagarare mu buryo burambye kandi ingabo za...
19 February 2025 Yasuwe: 342 0

Umuyobozi w’idini ya Islam w’umutinganyi yishwe arashwe

Muhsin Hendricks umuyobozi w’idini ya Islam wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga kubera kwiyemerera ko ari umutinganyi, yishwe arashwe muri Afurika y’Epfo. Uyu mugabo w’imyaka 57 y’amavuko...
19 February 2025 Yasuwe: 570 0

Tshisekedi yongeye gusaba Maréchal Déby ubufasha bwa gisirikare

Perezida Félix Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yohereje muri Tchad intumwa yo kumusabira ubufasha bwa gisirikare.
19 February 2025 Yasuwe: 1102 0

AFC/M23 yongeye mu gisirikare cyayo aba FARDC baherutse kumanika amaboko

Ihuriro rya AFC/M23 ryafashe icyemezo cyo gushyira mu ngabo zayo abasirikare ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, RDC, baherutse kumanika amaboko bakishyikiriza uyu mutwe.
19 February 2025 Yasuwe: 1097 0