Megan Fox uzwi muri Sinema i Hollywood yazinutswe umuririmbyi Machine Gun Kelly, baheruka gutandukana benda kubyarana, ndetse bivugwa ko bigoranye kuvugana hagati yabo.
Guverinoma ya Israel yatangaje ko urutonde rw’imbohe zafashwe bugwate n’umutwe wa Hamas zagombaga kurekurwa mu cyiciro cya mbere ruriho abantu 33, ariko umunani muri bo bapfuye, mu gihe 25 gusa ari...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko ikigo cy’ikoranabuhanga cya Microsoft kiri mu biganiro n’urubuga nkoranyambaga rwa TikTok, ku buryo hari icyizere cy’uko bashobora...
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wamaze kwigarurira ishami rya Radio na Televiziyo ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RTNC), riherereye mu Mujyi wa Goma.
Minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Leta ya RD Congo, Patrick Muyaya, yatangaje ubutumwa buvuga ko Umujyi wa Goma urimo abo yise “ingabo z’u Rwanda”mu gihe umutwe wa M23 watangaje ko...