Umujyanama mu by’umutekano wa Amerika, Mike Waltz, yatangaje ko abayobozi bombi b’ibihugu by’i Burayi bazagira icyicaro ku meza y’imishyikirano nyuma y’uko abayobozi b’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi...
Muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo, umutwe w’Abarwanyi ba Twirwaneho batangaje ko akadege katagira abapilote (drone) karashe ku birindiro byabo biri mu gace ka Gakangara, muri Ngandja,...
Umuyobozi w’Inteko Ishinga Amategeko ya Ukraine, Ruslan Stefanchuk, yateye utwatsi abavuga ko Perezida wabo yarengeje manda bityo ko bagomba gukora amatora aho kuguma mu ntambara, ahamya ko icyo...
Ubushinjacyaha muri Brésil bwashinjije Jair Bolsonaro wabaye Perezida wa 38 w’icyo gihugu hagati ya 2019 na 2022, icyaha cyo gushaka guhirika ubutegetsi mu 2022, buvuga ko yari kubigeraho nyuma yo...
Muhsin Hendricks umuyobozi w’idini ya Islam wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga kubera kwiyemerera ko ari umutinganyi, yishwe arashwe muri Afurika y’Epfo.
Uyu mugabo w’imyaka 57 y’amavuko...