skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

U Buyapani: Banki Nkuru yakubye kabiri inyungu fatizo

Banki Nkuru y’u Buyapani yongereye inyungu fatizo iyivana kuri 0,25% iyigeza kuri 0,5%, ibintu byaherukaga mu myaka 17 ishize.
24 January 2025 Yasuwe: 188 0

Perezida Tshisekedi yayoboye inama y’igitaraganya nyuma y’imirwano yabereye i Sake

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yayoboye inama y’igitaraganya nyuma y’aho ingabo z’iki gihugu zihanganiye n’umutwe witwaje intwaro wa M23 rwagati mu mujyi wa...
24 January 2025 Yasuwe: 1014 0

RDC: Abayobozi b’amadini basabwe gukusanyiriza Wazalendo amaturo

Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Constant Mutamba, yasabye abayobozi b’amadini n’amatorero bakorera muri iki gihugu, gukusanyiriza amaturo ingabo z’iki gihugu...
23 January 2025 Yasuwe: 727 0

Amb. Marara yatanze impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Kuwait

Ambasaderi Igor Marara Kayinamura yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kuwait, Abdullah Ali Al-Yahya, impapuro zimwemerera guhagararirayo inyungu z’u Rwanda.
23 January 2025 Yasuwe: 278 0

2025: Ibihugu 10 bya Afurika bifite Igisirikare karahabutaka kurusha ibindi

Urubuga Global Firepower rukora ubushakashatsi mu bya gisirikare, mu ntangiriro z’uku kwezi rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu bitandukanye byo ku Isi birutana mu mbaraga za gisirikare.
23 January 2025 Yasuwe: 3521 0

APR FC yamaze kwibikaho rutahizamu wakinnye muri Algeria

Mu ijoro rya cyeye tariki 21 Mutarama 2025, ikipe ya APR FC yakiriye rutahizamu ukomoka muri Burkina Faso witwa Cheick Djibril Ouattara.
23 January 2025 Yasuwe: 713 0

PSG yatsinze Man City yigarurira icyizere: Uko imikino ya UEFA Champions League yagenze

Imikino ya UEFA Champions League yakomeje gukinwa mu ijoro ry’itariki ya 22 Mutarama 2025, aho Paris Saint Germain yaturutse inyuma itsinda Manchester ibitego 4-2 biyongera amahirwe yo gukina...
23 January 2025 Yasuwe: 566 0

I Los Angeles hadutse indi nkongi y’umuriro, abarenga ibihumbi 31 basabwa guhunga

Inkongi y’umuriro yongeye guca ibintu i Los Angeles muri Leta ya California, aho abaturage barenga ibihumbi 31 basabwe guhunga, abandi ibihumbi 31 babwirwa ko isaha iyo ari yo yose na bo basabwa...
23 January 2025 Yasuwe: 712 0

Chris Brown yasabye situdiyo ya Warner Bros kumuha miliyari 700 Frw y’indishyi

Umuhanzi Chris Brown w’imyaka 35,m yatanze ikirego cya miliyoni $500 (700,000,000 Frw) ashinja abategura filime mbarankuru yitwa Chris Brown: A History of Violence kumusebya.
23 January 2025 Yasuwe: 385 0

Putin na Jinping baganiriye ku birimo intambara yo muri Ukraine

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na mugenzi we w’u Bushinwa, Xi Jinping, bagiranye ikiganiro cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo intambara ya Ukraine, ibihano ibyo bihugu byafatiwe na...
23 January 2025 Yasuwe: 404 0