Ambasaderi Igor Marara Kayinamura yashyikirije Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kuwait, Abdullah Ali Al-Yahya, impapuro zimwemerera guhagararirayo inyungu z’u Rwanda.
Urubuga Global Firepower rukora ubushakashatsi mu bya gisirikare, mu ntangiriro z’uku kwezi rwasohoye urutonde rwerekana uko ibihugu bitandukanye byo ku Isi birutana mu mbaraga za gisirikare.
Imikino ya UEFA Champions League yakomeje gukinwa mu ijoro ry’itariki ya 22 Mutarama 2025, aho Paris Saint Germain yaturutse inyuma itsinda Manchester ibitego 4-2 biyongera amahirwe yo gukina...
Inkongi y’umuriro yongeye guca ibintu i Los Angeles muri Leta ya California, aho abaturage barenga ibihumbi 31 basabwe guhunga, abandi ibihumbi 31 babwirwa ko isaha iyo ari yo yose na bo basabwa...
Umuhanzi Chris Brown w’imyaka 35,m yatanze ikirego cya miliyoni $500 (700,000,000 Frw) ashinja abategura filime mbarankuru yitwa Chris Brown: A History of Violence kumusebya.
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin na mugenzi we w’u Bushinwa, Xi Jinping, bagiranye ikiganiro cyagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo intambara ya Ukraine, ibihano ibyo bihugu byafatiwe na...