Donald Trump yavuze ko Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, atari malayika kuko afite uruhare mu kubaho kw’intambara iri guhuza Ukraine n’u Burusiya.
Ubuyobozi bw’ubutumwa bw’amahoro bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), bwatangaje ko abasirikare icyenda bakomerekeye mu mirwano yabereye mu Mujyi wa Sake.
Abayobozi mu gihugu cyo mu Bubiligi baravuga ko umwana w’imyaka 14 ukekwaho kuba afite ibitekerezo bikabije by’ubuhezanguni yatawe muri yombi ku wa Kane azira kuba yateguraga kugaba igitero...
Ndizeye Ndayisaba Dieudonné uzwi nka Gaston wari kapiteni wa Patriots BBC yerekeje muri MAS Fes yo mu cyiciro cya mbere muri Morocco nyuma yo kugirana na yo amasezerano y’igihe gito.
Kuri uyu wa 23 Mutarama 2025, Ikigo gishinzwe gutera Inkunga ibikorwa by’iterambere mu nzego z’ibanze (LODA), na ba Ambasaderi b’u Budage, u Bufaransa, na Luxembourg batashye Ikigo Nderabuzima cya...