Abaturage bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bariruhukije, ubwo babonaga iwabo hoherejwe ingabo zibarirwa mu bihumbi zari zinjiye mu butumwa bw’amahoro bw’Umuryango...
Ubuyobozi bw’Ihuriro ry’Imiryango itari iya Leta irwanya indwara zitandura mu Rwanda, NCD Alliance bwatangaje ko ku nshuro ya mbere inama mpuzamahanga ihuza amahuriro yose yo ku Isi izabera mu...
Umutwe w’inyeshyamba wa FLA ( Front de Libération de l’Azawad) wo muri Mali watangaje ko wabohoye umuturage wa Espagne wari yarashimutiwe mu Majyepfo ya Algerie mu cyumweru gishize.
Minisitiri Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yakiriye mu biro bye abagize itorero ‘Ishyaka ry’Intore’ rigeze kure imyiteguro y’igitaramo ‘Indirirarugamba’ giteganyijwe ku wa 25 Mutarama 2025.
Umunyarwenya Trevor Noah niwe uzayobora ibirori byo gutanga ibihembo bya Grammy Awards 2025 bigiye gutangwa ku nshuro ya 67, ku wa 02 Gashyantare 2025.
Nyuma y’uko uwari umutoza mukuru wa Etincelles FC iterwa inkunga n’Akarere ka Rubavu, atandukanye na yo kubera ububwayi bwakomeje kumubera ikigeragezo, abasanzwe baba hafi cyane y’iyi kipe, bahamya...