Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yasabye ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zihagarika gukorana n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR ukomeje guhungabanya umutekano w’abaturage.
Abaraperi bongeye kugaragaza ubumwe hagati yabo ubwo batabaraga mugenzi wabo, Bushali uri mu bahanzi bakunzwe cyane bakora injyana na rap, mu muhango wo guherekeza umubyeyi we uherutse kwitaba Imana.
Mu gihe Inteko Rusange ya 26 y’Umuryango wa EAPCCO (Eastern Africa Police Chiefs’ Cooperation Organization) izaba ibera mu Rwanda, ku nshuro ya mbere hazaba irushanwa rigamije kumurika ibikorwa ku...
Rutahizamu wa Manchester City, Erling Haaland yasinye amasezerano mashya azamumaza indi myaka icyenda n’igice muri iyi kipe y’Abanyamujyi kugeza muri 2034.
Umunyamakuru wigenga Sam Husseini yasohowe ku ngufu amaguru adakora hasi, mu kiganiro n’abanyamakuru cya nyuma Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony...