skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

USA: Michelle Obama yahishuye ko atazitabira irahira rya Donald Trump

Michelle Obama, umugore wa Barack Obama wayoboye Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko atazitabira ibirori by’irahira rya Perezida Donald Trump watorewe kuyobora iki gihugu mu matora aheruka.
15 January 2025 Yasuwe: 667 0

MrBeast yatangaje ko yiteguye kugura TikTok

Umunyamerika James Jimmy Donaldson uzwi cyane ku rubuga nkoranyambaga rwa YouTube nka MrBeast, yatangaje ko yifuza kugura urubuga rwa TikTok.
15 January 2025 Yasuwe: 241 0

Raporo yagaragaje ko Donald Trump yari guhamwa n’ibyaha iyo adatorerwa kuyobora Amerika mu 2024

Raporo yashyikirijwe Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yerekana ko iyo Donald Trump adatsinda amatora ya 2024 yari guhamwa n’ibyaha byo gushaka guhindura ibyavuye mu matora ya...
15 January 2025 Yasuwe: 221 0

REG na WASAC byiyemeje kurandura burundu ruswa ibivugwamo ikadindiza itangwa rya serivisi

Abayobozi b’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu REG n’aba WASAC babwiye Abadepite ko hashyizweho ingamba zigamije kurandura burundu ruswa ivugwa muri ibyo bigo, igakoma mu nkokora imitangire ya...
15 January 2025 Yasuwe: 213 0

Nyina wa Bushali yapfuye

Umuhanzi w’umuraperi Hagenimana Jean Paul wamamaye nka Bushali ari mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umubyeyi we, nyina umubyara, wapfuye mu ijoro ryo ku wa 14 Mutarama 2025 azize uburwayi yari...
15 January 2025 Yasuwe: 430 0

Rutsiro FC yasinyishije babiri muri batatu yifuza ngo ikomeze ubusatirizi bwayo

Rutsiro FC yemeje ko yasinyishije abakinnyi babiri bakomoka muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo, ngo ikomeze hagati hayo ari nako yakomeje ibiganiro na Rutahizamu, ngo buzure batatu ikeneye.
15 January 2025 Yasuwe: 337 0

Koreya y’Epfo: Byarangiye Perezida Yoon Suk Yeol atawe muri yombi

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Mutarama 2025, abayobozi bo muri Koreya y’Epfo bataye muri yombi Perezida Yoon Suk Yeol, ubu urimo guhatwa ibibazo mu kigo gikora iperereza kuri ruswa kizwi nka CIO...
15 January 2025 Yasuwe: 329 0

Komanda wa UNMISS yasuye Ingabo z’u Rwanda muri Torit

Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama 2025, Umuyobozi w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye muri Sudani y’Epfo (UNMISS), Lt Gen Mohan Subramanian, yasuye Ingabo z’u Rwanda zibarizwa muri Rwanbatt-1 mu...
14 January 2025 Yasuwe: 433 0

Nigeria: Abaturage bagera kuri 40 biciwe mu gitero cya Boko Haram

Kuri iki Cyumweru gishize, abakekwaho kuba abarwanyi ba kisilamu bishe abahinzi 40 mu gitero cyagabwe ku baturage bo mu bwoko bwa Dumba mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Leta ya Borno, nk’uko...
14 January 2025 Yasuwe: 333 0

Claudine wabaye umuyobozi wungirije wa RBA yatabarutse

Claudine DeLucco Uwanyiligira wabaye Umuyobozi Wungirije w’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru (RBA) yitabye Imana mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kabiri.
14 January 2025 Yasuwe: 2383 0