skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

FC Barcelona yihanije Real Madrid iyambura Igikombe cya Supercopa de España

FC Barcelona yavuye inyuma inyagira Real Madrid ibitego 5-2, mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Supercopa de España wabereye muri Arabie Saoudite ku Cyumweru, tariki ya 12 Mutarama 2025.
13 January 2025 Yasuwe: 321 0

Los Angeles igiye kurimbuka! Ese koko ni Igihano cy’Imana

Nibura abantu 16 bamaze gupfa kubera ko inkongi ebyiri nini z’Umuriro zibasiye Umujyi wa Los Angeles zikomeje kunanirana guhagarika. Ese koko ni igihano cy’Imana nyuma y’uko mu bihembo biherutse...
13 January 2025 Yasuwe: 1534 0

Ibiribwa bihunitse mu bigega by’u Rwanda byariyongereye cyane mu 2024

Raporo ya Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ya 2023/24 yagaragaje ko ibigega by’igihugu bihunitsemo ibinyampeke birimo ibigori n’ibishyimbo byiyongereye cyane ugereranyije n’umwaka ushize wa...
12 January 2025 Yasuwe: 310 0

Ethiopia na Somalia byasubije umubano mu buryo nyuma y’igihe birebana ay’ingwe

Ku wa Gatandatu, itariki 11 Mutarama 2025, Ethiopia na Somaliya byavuguruye umubano ushingiye kuri dipolomasi mu ruzinduko rwa Perezida wa Somaliya, Hassan Sheik Mohamud i Addis Abeba.
12 January 2025 Yasuwe: 304 0

Ingabo za Sudani zafashe umurwa mukuru wa Leta ya al-Jazirah

Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 11 Mutarama 2025, Ingabo za Sudani zinjiye muri Wad Madani, umurwa mukuru wa Leta ya al-Jazirah uherereye mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Khartoum, uyu mujyi ukaba...
12 January 2025 Yasuwe: 447 0

Uwari Umushinjacyaha mu rubanza rwa Trump yeguye

Umushinjacyaha wihariye wari washyizweho ngo agenze ibyaha bibiri byashinjwaga Donald Trump watorewe kongera kuyobora Amerika, Jack Smith, yeguye ku mirimo ye.
12 January 2025 Yasuwe: 489 0

Kiliziya yemeye guha Ubupadiri abasore bafite ibyiyumvo byo kuryamana n’abo bahuje ibitsina

Kiliziya Gatolika y’u Butaliyani yatangaje ko abagabo bafite ibyiyumvo byo kuryamana n’abo bahuje ibitsina bemerewe kuba abapadiri, igihe cyose bemeye gukomeza kuba ingaragu no kwirinda...
12 January 2025 Yasuwe: 1971 0

Musanze: Ba Ofisiye 45 basoje amahugurwa ku mikorere ya kinyamwuga n’ubuyobozi

Mu Ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (NPC) mu Karere ka Musanze, habereye umuhango wo gusoza amahugurwa agamije kongerera ubumenyi abapolisi mu bijyanye n’imikorere ya kinyamwuga n’ubuyobozi.
12 January 2025 Yasuwe: 340 0

Impamvu zituma intoki zawe zigaragara nk’izishaje

Hari ubwo intoki zawe zigaragara nk’izishaje nyamara nta kazi kenshi wakoze bityo bigatuma wibaza ibibazo byinshi udafitiye ibisubizo.Muri iyi nkuru uraboneramo igisubizo.
12 January 2025 Yasuwe: 1240 0