skol
Kigali

Author

ISHIMWE Jean de Dieu

M23 yisubije Ngungu nyuma yo kubagagura FARDC n’abarimo Abarundi

Umutwe wa M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14 Mutarama wisubije agace ka Ngungu ko muri Teritwari ya Masisi, nyuma yo kukirukanamo ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
14 January 2025 Yasuwe: 2947 0

TikTok yigaramye ibyo kugurwa na Elon Musk

TikTok yahakanye amakuru avuga ko u Bushinwa bushobora kwemera kugurisha ibikorwa byayo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku munyemari Elon Musk, ivuga ko ari ‘ikinyoma’.
14 January 2025 Yasuwe: 218 0

Stade Amahoro yashyizwemo ikoranabuhanga rya VAR

Stade Amahoro iri mu zigezweho muri Afurika y’Iburasirazuba, yashyizwemo ibikoresho by’ikoranabuhanga ryifashishwa mu misifurire “Video Assistant Referee- VAR”.
14 January 2025 Yasuwe: 835 0

M23 yagaragaje uko Leta ya RDC iri gukora ibyaha by’intambara

Umutwe witwaje intwaro wa M23 washinje ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kwica abaturage no gusenya ibikorwaremezo bya gisivili birimo amashuri n’insengero; byose bigize...
14 January 2025 Yasuwe: 746 0

Kigali: Station eshatu za Engen zafunzwe burundu

Sosiyete icuruza ibikomoka kuri peteroli, Engen yatangaje ko yafunze burundu station eshatu mu Mujyi wa Kigali.
14 January 2025 Yasuwe: 1271 0

Minisitiri Nduhungirehe yamaganye icengezamatwara rya Muyaya

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye icengezamatwara ry’Umuvugizi wa Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Patrick Muyaya,...
14 January 2025 Yasuwe: 635 0

Uganda: Besigye yashinjwe ikindi cyaha cyamucisha umutwe

Kuri uyu wa Mbere, itariki 13 Mutarama abashinjacyaha ba gisirikare muri Uganda bongeye icyaha cy’ “ubuhemu”, gishobora guhanishwa igihano cy’urupfu, ku rutonde rw’ibyaha biregwa umunyapolitiki...
14 January 2025 Yasuwe: 796 0

Kibumba: Sukhoi-25 na kajugujugu za FARDC zishe abasivile 10

Umutwe wa M23 ku wa Mbere washinje ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) kwica abaturage b’abasivile 10, nyuma y’imirwano yasakiranyije impande zombi ku Cyumweru gishize.
14 January 2025 Yasuwe: 636 0

Tanzania: Umukozi wo murugo yibye abana babiri aburirwa irengero

Umugabo witwa Mohammed Kassimu, yasabye inzego zibishinzwe ku Mufasha gushakisha Umukozi wo murugo wamwibye abana babiri agahita aburirwa irengero.
14 January 2025 Yasuwe: 368 0

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria

Ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 13 Mutarama 2025, Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yagiranye ibiganiro na mugenzi we wa Nigeria, Bola Ahmed Tinubu, byibanze ku ngingo zitandukanye zerekeranye...
14 January 2025 Yasuwe: 158 0