Urukiko rukorera mu kigo cy’igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cya Guantanamo Bay kuri uyu wa 10 Mutarama 2025 rwongeye gusubika urubanza rwa Khalid Sheikh Mohammed ukekwaho gutegura...
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi uhangayikishijwe n’uko Donald Trump ubura iminsi mike akinjira muri White House nka Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ashobora gukuraho bimwe mu bihano...
Urukiko rw’Ibanze rwa Kiramuruzi, mu Karere ka Gatsibo rwahamije Maj Gen (Rtd) Dr. Mugahe Rutatina Richard, icyaha cyo kuba icyitso mu gukubita no gukomeretsa ku bushake ku buryo bukabije, byatumye...
Umuyoboro w’amakuru wa Al Jazeera wambuwe uburenganzira bwo gukorera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyuma yo kwanga kubogama mu nkuru itangaza ku bibera mu burasirazubwa bwa Congo igaha...
Urubuga nkoranyambaga rwa TikTok ruri kwiregura imbere y’Urukiko Rukuru rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu rwego rwo kuburizamo umugambi wo kuyihagarika utegerejwe ku itariki ya 19 Mutarama, mu...
Abahinzi b’ibirayi bo mu mirenge ya Mudende na Bugeshi mu Karere ka Rubavu bagaragaje ko imbuto y’ibirayi iri kubona umugabo igasiba undi, bitewe n’ibiciro biri gutumbagira umunsi ku wundi.
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko atazongera gukoresha urubuga rwa X rwahoze rwitwa Twitter yari amaze imyaka 10 akoresha.
Ibitero bya Israel mu gace ka Gaza bimaze guhitana abarenga ibihumbi 46 biganjemo abakiri bato, mu ntambara ikomeje guhuza ingabo za Israel n’abarwanyi b’umutwe wa Hamas.