Kuri uyu wa Kabiri, itariki 7 Mutarama 2025, Leta Zunze Ubumwe za Amerika zemeje ko abarwanyi b’umutwe wa Rapid Support Forces n’abafatanyabikorwa babo muri Sudani bakoze jenoside kandi zifatira...
Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr Jimmy Gasore, yatangaje ko muri uyu mwaka nta gahunda leta ifite ifite yo guhita isimbuza moto zinywa lisansi izikoresha amashanyarazi, ko ahubwo bigomba gusaba igihe.
Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yavuze ko umupira bakinnye ku wa Kabiri bahura na Newcastle United, wazamukaga mu kirere byihuse ndetse ari wo watumye ikipe ye itsindwa.
Umuyobozi mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, Boneza Angelique, yavuze ko mu bugenzuzi bakoze hirya no hino mu gihugu, basanze hari amashuri 1.015 akora nta...
Koreya ya Ruguru yatangaje ko igisasu iherutse kurasa mu nyanja cyari gifite ubushobozi buhambaye cyane, ku buryo cyabashije kugenda ku muvuduko ukubye uw’ijwi inshuro 12, bityo kikaba kizagira...
Abasirikare mu ngabo zidasanzwe ba Ukraine, batorotse ikigo cy’imyotozo ya gisirikare mu Bufaransa, byongera kuba ikimenyetso cy’uburyo Ukraine ikomeje kugorwa no kubona abasirikare bashoboye.
Umunya-Canada witwa Gregory John Kilgour, w’imyaka 66 yasanzwe yapfuye mu cyumba cye giherereye i Shanzu, Mombasa muri Kenya mu gitondo cyo ku wa Mbere.